Saturday, May 18, 2024
HomeAMAKURUIYOBOKAMANAMu ntambara Papa yavuze ko zigiye gusengerwa iya mbere iri muri Congo

Mu ntambara Papa yavuze ko zigiye gusengerwa iya mbere iri muri Congo

Umushumba mukuru wa Kiliziya Gatolika ku isi, Papa Francis, yavuze ko kubera intambara yo mu Burasirazuba bwa Congo, yifatanyije n’Abihayimana gusengera iki gihugu.

Mu mbuga ya Bazirika yitiriwe Mutagatifu Petero i Vatican, niho Papa Francis yabitangarije muri Misa yo ku Cyumweru taliki 25 Gashyantare 2024.

Papa Francis yibanze cyane mu gusengere isi izahajwe n’intambara, cyane intambara y’u Burusiya na Ukraine imaze imyaka itatu n’intambara ya Israel na Hamas muri Palestine.

Muri Misa Papa Francis yanagarutse ku ntambara n’amakimbirane adacogora mu Burasirazuba bwa RD Congo.

Papa yavuze ko hagomba gushakishwa ibiganiro byubaka, avuga ko akurukira amakimbirane n’intambara biri muri RD Congo.

Yavuze ko ahangayikishijwe n’ibibera muri iki gihugu, yiyemeza kwifatanya n’Abihayimana bagasengera RD Congo.

Hashize imyaka ibiri imirwano ihambaye yongeye kubura mu Burasirazuba bwa RD Congo, ihanganishije M23 na FARDC yifatanyije na Wazalendo, Abacanshuro, ingabo z’u Burundi na SADC.

Loading

Phil Juma
Phil Jumahttp://wwww.umurunga.com
Umwanditsi w’ikinyamakuru www.umurunga.com
RELATED ARTICLES

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here

- Advertisment -

Most Popular

Recent Comments

Habyarimana Jean Marie vianney on Umwalimu Sacco bafite ibibazo uruhuri,umuti ni uwuhe?
Maria on Pillow
Maria on Potted Plant
Maria on Peaches
Maria on Serving Platter
Maria on Lavender
Ryan on Peaches
Stuart on Peaches
Dan on Potted Plant
Coen Jacobs on Classy Globe
Coen Jacobs on cup
Magnus on Soap
Cobus Bester on Serving Platter
Cobus Bester on Plant
Cobus Bester on Fashion cap
Andrew on Lavender
Cobus Bester on Soap
James Koster on Soap
James Koster on cup