Ku mugoroba wo ku wa Kabiri, tariki ya 4 Gashyantare 2025, mu Murenge wa Giti, Akarere ka Gicumbi, ku muhanda Giti -Byumba, imodoka y’Umunyamabanga Nshingwabikorwa […]
Author: IFASHABAYO Gilbert
Rusizi: Inguzanyo z’amafaranga agera kuri Miliyoni 15 Frw muri SACCO zarambuwe
Ubuyobozi bwa SACCO Ntukabumwe Nkungu yo mu Murenge wa Nkungu mu Karere ka Rusizi,bwagaragaje ko bwahebye inguzanyo zingana na miliyoni 15 Frw zirimo miliyoni 4 […]
Nyaruguru: Abaturage bangirijwe imyaka amaso yaheze mu kirere bategereje ingurane
Abaturage baratabaza nyumva yo guhezwa mu gihirahiro, kubera kurandurirwa imyaka bakizezwa ingurane amaso akaba yaraheze mu kirere. Mu karere ka Nyaruguru Umurenge wa Ngera Akagari […]
Gasabo -Rusororo: Insina z’uwarokotse Jenoside zatemaguwe n’abataramenyekana
Mu Karere ka Gasabo Umurenge wa Rusororo Akagari ka Gasagara Umudugudu wa Gasagara haravugwa inkuru y’Uwarakotse Jenoside yakorewe Abatutsi witwa Muhongerwa Annualite, abataramenyekana biraye mu […]
Sudani y’Epfo:Impanuka y’indege yabaye yahitanye ubuzima bw’abantu 20
Nk’uko byatangajwe na Guvenoma ya Sudani y’Epfo,abakozi 20 bo mu bucukuzi bwa peteroli baguye mu mpanuka y’indege,umwe akarokoka. Iyo ndege yerekezaga mu Murwa mukuru wa […]
Imirwano ikaze iri mu mujyi wa Goma
Imirwano irakomeye hagati y’Ingabo za Repubuli Iharanira Demokarasi cya (FARDC) n’abarwanyi ba M23 mu mujyi wa Goma. Amasasu menshi n’ibibombe birimo birumvikana mu bice bitandukanye […]
Breaking News: Abantu 5 bishwe n’amasasu ava muri Cong 20 barakomereka
Imirwano ikomeje kubera mu Burasirazuba ba Congo,yagize ingaruka zikomeye ku mutekano w’Abanyarwanda bari hafi yaho amasasu arimo kurasirwa ,mu Rwanda abantu 5 bamaze kubura ubuzima. […]
Nyamagabe:Diregiteri wa GS Gasave atanze umucyo ku ibaruwa ireba abarimu b’ikigo cye yarikoroje ku mbuga nkoranyambaga
Mu Rwunge rw’Amashuri rwa Gasave (GS Gasave) ruherereye mu Karere ka Nyamagabe Umurenge wa Musange Akagari ka Gasave Umudugudu wa Murambi haraturuka amakuru avuga ko […]
Kigali:Abashinzwe uburezi mu mirenge bahinduranyijwe
Umujyi wa Kigali usobanuye impamvu wakoze impinduka zihuse mu bari bashinzwe uburezi mu mirenge. Nyuma y’uko hagaragaye impinduka ku bayobozi bamwe na bamwe bashinzwe uburezi […]
UMWARIMU SACCO ushyize umucyo ku mbogamizi zo gusinyirana zagaragajwe n’abarimu nk’umutwaro
Hirya no hino mu gihugu abarimu basanzwe ari abanyamuryango b’Umwalimu SACCO nka koperative bashyiriweho ngo ibateze imbere,bataka kuri bimwe bashyirirwaho bafata nk’amananiza mu gusinyira umuntu […]