Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yavuze ko atari akomeje ubwo yavugaga ko azarangiza intambara hagati y’u Burusiya na Ukraine mu gihe […]
Archives
Special Force ya RDF yahawe umuyobozi mushya
Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, RDF, akaba na Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, yakoze impinduka mu ngabo z’u Rwanda, zasize ashyizeho umuyobozi w’umutwe […]
Kicukiro: Umukozi wo mu rugo wishe mugenzi we, yarashwe agerageza kugirira nabi abandi
Mu Karere ka Kicukiro haravugwa inkuru y’umusore wari umukozi wo mu rugo wishe mugenzi we bakoranaga w’umukobwa amuteye icyuma, inzego z’umutekano zitabaye ashaka gutema n’undi […]
General Sultan Makenga asobanuye impamvu Tshisekedi yitirira u Rwanda ibibazo bya M23
Umugaba Mukuru w’Ingabo za M23, General Sultan Makenga, yasobanuye ko Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Antoine Felix Tshisekedi, yitirira igihugu cy’u Rwanda ibibazo […]
Muri shampiyona Muhire Kevin wa Rayon Sports arabahiga – Darko Novic utoza APR FC
Darko Novic, utoza ikipe ya APR FC, yashimye cyane kapiteni wa Rayon Sports, Muhire Kevin avuga ko ari umwe mu bakinnyi beza muri shampiyona y’u […]
NIDA yashyize igorora abifuza guhindura ifoto iri ku ndangamuntu zabo
Abanyarwanda bifuza guhindura amafoto ari ku Ikarita y’Indangamuntu zabo adahuye neza n’uko isura yabo imeze magingo aya, bemerewe gusubira kwifotoza bakayahindurirwa. Ibi byatangajwe n’Ikigo cy’Igihugu […]
M23 yambuye FARDC Nyabyondo
Ku Cyumweru taliki 09 Werurwe 2025, Umutwe wa M23 wigaruriye agace ka Nyabyondo ko mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru muri Teritwari ya Masisi. Aka gace […]
Abadepite barwaniye mu cyumba cy’Inteko bamwe bakoresha ibiturika
Ku wa Kabiri w’iki Cyumweru mu Nteko Ishinga Amategeko ya Seribiya habereye imvururu, aho bamwe mu badepite batavugarumwe n’ubutegetsi batitaye ku mutekano, batangira gutera ibyotsi […]
Kamonyi:Sobanukirwa Ibitare bya Mashyiga
Mu karere ka Kamonyi Umurenge wa Karama mu kagari ka Bitare niho ibitare biri ibyo wamenya ku Karere ka Kamonyi,gafite imirenge 12, utugari 59 n’imidugudu […]
Muhanga: Umugabo yasanzwe mu nzu yapfuye bikekwa ko yabuze ‘Oxygen’
Umugabo witwa Nzayisenga Jean Claude wari utuye mu Karere ka Muhanga, yasanzwe mu nzu yari acumbitsemo yapfuye bigakekwa ko yazize kubura umwuka ‘Oxygene’ bitewe no […]