Kuri uyu wa Gatandatu ni Tariki 12 Kanama umukino ugomba kuzahuza Rayon sports na APRFC ugomba kuzaba ukomeye cyane, dore ko amakipe yombi amaze igihe […]
Author: IFASHABAYO Gilbert
Ese Rayon sports izaza gukina yikandagira ko bayiteye ubwoba?
Kakoza Nkuriza Charles (KNC) Umuyobozi wa Gasogi United yarahiye arasizora ko ubwo shamipiyona y’umupira w’amaguru ikiciro cya mbere 2023-2024 igiye gutangira azambika Rayon sports u […]
Ni iki umujyi wa Kigali usabye abaturage ba wutuye?
Umujyi wa Kigali ugizwe n’uturere dutatu aritwo Gasabo,Kicukiro na Nyarugenge. Mbere y’uko igihe cy’imvura kugera Umujyi wa Kigali wibukije abaturage bagituye ahashobora gushyira ubuzima bwabo […]
Perezida Paul Kagame aribaza niba Afurika ifite umuvumo
Perezida Paul Kagame aribaza niba umugabane w’Afurika waravumwe ku buryo uhora mu bibazo udashobora kwikemurira kandi ubibona. Umukuru w’Igihugu ku mugoroba wo kuri uyu wa […]
Kamonyi:Polisi yarashe umugabo wakoze amahano agatemagura umugore we
Intara y’amajyepfo akarere ka Kamonyi umurenge wa Gacurabwenge,Umugabo witwa Badege Eduwari wari ukurikiranyweho gutema umugore we,yarashwe na Polisi mu rukerera rw’uyu wa Kabiri tariki 08 […]
Ese koko muri ADEPR harimo Gereza zifungiyemo abahoze ari Abashumba?
Inkundura muri ADEPR,haravugwamo noneho ikitwa Gereza gifungiyemo abahoze ari abashumba muri iri torero. Nyuma yikiswe impinduka zazanywe na Pasiteri Ndayizeye Isae,mu bubasha bwe bwite aho […]
RURA iciye impaka z’abagenzi n’abashoferi
Nyuma y’uko hajyaga haba gusigana k’umugenzi ndetse n’abashoferi bashaka kwishyuza umuzigo umugenzi afite,bikaba byatezaga amahane n’intonganya. Urwego rw’igihugu rusinzwe imirimo ifitiye igihugu akamaro (RURA) baciye […]
Bamwe mu banyeshuri bashoje kaminuza bakangirwa gukora ibizamini by’akazi bari mu gihirahiro
Bamwe mu barangije muri kaaminuza zirimo PIASS, ishami ry’igenamigambi no Kuyobora amashuri (Educational Planning and Management), kuri ubu bibaza impamvu iyo porogaramu yashyizweho kuko badahabwa […]
Gasabo-Rusororo: Batangije itorero ry’intore mu biruhuko
Umurenge wa Rusororo, mu karere ka Gasabo ho mu mugi wa Kigali batangaje ingengabihe y’Intore mu biruhuko, aho benshi mu babyeyi basanga iyi gahunda izafasha […]
Muri ADEPR rwambikanye muba Pasiteri
Mu itorero ADEPR haravugwa bombori bombori aho umupasiteri yasuzuguye umuyobozi w’iri torero ku rwego rw’igihugu akanavuga ko amuciye. Uyu ni Rev.Pasiteri Ntakirutimana Theoneste,wandikiye umushumba mukuru […]