Ikigo cy’imisoro n’amahoro, RRA, cyashyizeho uburyo bw’ikoranabuhanga buzajya bwifashishwa n’abashaka guhinduranya (mutation) ibinyabiziga batavuye mu rugo. Bizimana Ruganintwali Pascal, Komiseri mukuru wa RRA, niwe watangaje […]
Tag: Kigali
Gatsibo:Umusore nyuma yo gukubitwa ifuni mu mutwe na se ayihushije nyina, biracyekwa ko yahise amwambura ubuzima
Mu Karere ka Gatsibo, Umurenge wa Kageyo, umusore yarwanye na se bapfa ko yari agiye gukubita nyina agafuni, birangira umusaza ahasize ubuzima. Uyu musore yarwanye […]
Abarimu b’indashyikirwa bateye abandi ishyari ryiza
Mu ntara n’umujyi wa Kigali, abarimu b’indashyikirwa bagenewe ishimwe bahabwa mudasobwa ndetse na moto ifite agaciro ka miliyoni 1.8 frw kuri buri wese. Umwalimu SACCO, […]
Batanu bakurikiranyweho gutera amabuye imodoka ya Al Hilal Bengazi bagakomeretsa umwe bafashwe
Polisi y’u Rwanda yemeje ko yamaze guta muri yombi abantu 5 bazira gutera amabuye imodoka yari itwaye ikipe ya Al Hilal Bengazi ku myitozo, hamenekeye […]
Rusizi:Umwarimu ukekwaho gutorokana arenga miliyoni 1.5rwf yafashwe
Ubuyobozi bw’Akarere ka Rusizi buremeza ko hafashwe umwarimu warumaze amezi atatu n’igice yihishahisha kubera amafaranga agera kuri miliyoni 1,776,500rwf ya bagenzi be babanaga mu kimina […]
Kigali:Umwe mu banyonzi yivugiye ko azajya ashikuza abantu telefone aho kwicwa n’inzara.
Umwe mu banyonzi bakorera mu Mujyi wa Kigali ku wa 23 Nzeri 2023, yatangaje ko Polisi yaje ikabafatira amagare ikajya kuyafunga kandi nta tegeko bishe. […]
Kigali:Umuntu utaramyekana asize umwana mu rusengero arigendera ntiyagaruka.
Mu Mujyi wa Kigali haravugwa inkuru y’umubyeyi wahengereye abandi bari gusenga, maze asiga umwana mu rusengero agenda ubutagaruka. Ibi byabaye ku Cyumweru bibera mu Itorero […]
Gisozi:Batatu bapfuye bagwiriwe n’urukuta rw’inzu, umwe ari mu bitaro ararembye.
Mu Karere ka Gasabo, Umurenge wa Gisozi ho mu Kagari kaRuhango, Umugore n’abana be babiri bagwiriwe n’urukuta rw’inzu y’umuturanyi bahasiga ubuzima. Uyu mugore n’abana be […]
Nyarugenge:Nyamirambo isoko ryo mu Miduha ryibasiwe n’inkongi rirashya bikabije.
Mu Karere ka Nyarugenge, Mu Murenge wa Nyamirambo, Akagari ka Rugarama kuri uyu wa mbere, ku isoko rizwi nk’irya Miduha ryibasiwe n’inkongi y’umuriro hangirika ibirimo […]
Gasabo:Hari abaturage bafite ubwoba kubera gufasha ubuyobozi kurwanya abateka kanyanga
Mu kagari ka Gasagara, mu murenge wa Rusororo mu karere ka Gasabo ho mu mujyi wa Kigali , abafasha inzego z’umutekano mu kurwanya kanyanga ubwoba […]