Home Kigali

Kigali

AMAKURU

RIB yafunze abagabo babiri batambutsaga ibiganiro by’inyigisho z’idini ya Islam kuri YouTube

Abagabo babiri batambutsaga ibiganiro ku muyoboro wa YouTube witwa ‘Dawa Rwanda TV’ batawe muri yombi n’Urwego rw’Ubugenzacyaha, RIB, bakurikiranyweho ibyaha birimo gutangaza amakuru...

UBUREZI

Kwirinda akavuyo ku mashuri ni bimwe mu byagendeweho hagenwa igihe umwarimu ashobora gusaba kwimurwa – Minisitiri Joseph Nsengimana

Minisitiri w’Uburezi, Joseph Nsengimana yasobanuye impamvu umwarimu ahabwa imyaka itatu kugira ngo abe yasaba kwimurirwa ku kindi kigo cy’ishuri, aho avuga ko guhitamo...

AMAKURU

Muhanga: Umukozi w’uruganda yishwe n’imashini yakoragaho

Nzabonimana Emmanuel w’imyaka 40 y’amavuko wari umukozi w’uruganda rutunganya ibikoresho by’isuku ‘Basile Industries ltd’ ruherereye mu Karere ka Muhanga yishwe n’imashini y’uru ruganda...

AMAKURU

Kamonyi: Inzego z’umutekano zataye muri yombi abanyerondo bakubise umuturage bashaka kumwambura ibye

Nyuma y’uko mu itangazamakuru havuzwe inkuru ya Rama Bayiringire wo mu Karere ka Kamonyi, mu Murenge wa Runda, Akagari ka Ruyenzi ho mu...

UBUTABERA

Umushinjacyaha yatawe muri yombi azira gusambanya umukobwa wafunzwe na RIB

Mu gihe iperereza rikomeje gukorwa ku Umushinjacyaha mu Rwanda, Mbonyinshuti Camarade Gilbert ushinjwa gusambanya umukobwa, urukiko rwategetse ko afungwa by’agateganyo iminsi 30. Ibi...

UBUREZI

Umunyeshuri wirukanwe azira ko atwite yasabiwe gusubizwa ku ishuri

Komisiyo ishinzwe guharanira ko abantu bose bagira amahirwe angana yategetse ko umunyeshuri witwa Sarah Namukisa wari wirukanwe n’ishuri ryitwa Medical Laboratory Training School...

AMAKURU

Kicukiro: Nyuma yo kuva Iwawa umugore we akamubura yasanzwe mu ishyamba yarishwe

Mu Karere ka Kicukiro haravugwa inkuru y’umugabo witwa Niyonsaba Janvier w’imyaka 37 y’amavuko wasanzwe mu ishyamba yapfuye, bikekwa ko yishwe n’abantu bataramenyekana. Iyi...

IYOBOKAMANA

RGB yafunze Grace Room ya Pastor Julienne

Kuri uyu wa Gatandatu taliki 10 Gicurasi 2025, Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere (RGB), rwatangaje ko rwambuye uburenganzira bwo gukora Impuzamatorero Grace Room Ministries rya...

AMAKURU

Turahirwa Moses yabwiwe ibyaha ashinjwa asuka amarira mu rukiko

Kuri uyu wa Kabiri taliki 06 Gicurasi 2025, Turahirwa Moses wamenyekanye ubwo yashingaga inzu y’imideli ya Moshions yitabye urukiko, ngo aburanishwe ku cyaha...

AMAKURU

Ngoma: Umugabo arashakishwa azira gufungira iwe mugenzi we

Inzego z’umutekano ziri gushakisha Nkundimana Fiston wo mu Karere ka Ngoma, nyuma yo gusanga iwe mu rugo yarahafungiye umuturage wari usanzwe amurimo ibihumbi...