Home Goma

Goma

AMATANGAZO

RDC: UPDF irashinjwa kwica abasivile

Muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Igisirikare cya Uganda kirashinjwa kwica abasivile icumi. Mu gace kari hafi y’umupaka wa Congo na Uganda, muri...

AMAKURU

RDC: M23 yatinyutse kurasa ku bagaba bakuru b’ingabo ishaka kuburizamo uruzindiko

Umutwe wa M23 urashinjwa n’Igisirikare cya Congo, kurasa ibisasu mu gace ka Sake kaberamo imirwano, mu rwego rwo kuburizamo uruzindiko abagaba bakuru b’ingabo...

AMAKURU

Perezida Ndayishimiye yaremeye abasirikare be kugira ngo bajye guhangana na M23

Abasirikare b’u Burundi bemerewe n’ubuyobozi bwabo kuzamurirwa umushahara, kugira ngo abanze guhangana na M23 mu Burasirazuba bwa Congo basubireyo. Hari abasirikare benshi binangiye...

AMAKURU

Abagaba bakuru b’ingabo zihanganye na M23 bahuriye i Goma

Mu rwego rwo kunoza ibikorwa bijyanye no kuyobora urugamba, abagaba bakuru b’ibihugu bitatu bya SADC, uw’u Burundi n’uwa Congo Kinshasa, bahuriye i Goma....

AMAKURU

Gahungu yatawe muri yombi nyuma yo guhembwa akaza gutwara imodoka yanyoye ibisindisha

Polisi y’Igihugu Ishami ryo mu Muhanda, bataye muri yombi umuzamu wa Bugesera FC, Habarurema Gahungu, nyuma yo gufatwa atwaye imodoka yanyoye ibisindisha. Ku...

SIPOROUDUSHYA

Eto’o yanyujije umweyo muri komite yatozaga ikipe y’Igihugu ya Cameroon

Rigobert Song Bahang watozaga ikipe y’Igihugu ya Cameroon n’abari bamwungirije bose, bamenyeshejwe n’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ryo muri icyo gihugu ko nta masezerano mashya...

UDUSHYA

Inzuki zakoze ‘operation’ zihagarika ikamyo yari yibwe

Umugabo bikekwa ko ari uwo mu gihugu cya Uganda, yagaraye mu mashusho yakwirakwijwe hirya no hino, yabujijwe n’inzuki gutwara ikamyo yari yibye. Nyir’ukwibwa...

AMAKURU

Gatsibo: Umugabo wari ugiye kwereka ababyeyi umugore mushya yakubiswe n’umugore mukuru ajyanwa mu bitaro

Mu Karere ka Gatsibo umugore yaguye gitumo umugabo ari kwa Sebukwe agiye kwerekana undi mugore ngo babane mu ibanga we akamuta, amukubitirayo aranamuruma...

AMAKURU

Abaturage bagiye kungukira mu bikorwa by’inzego z’umutekano

Kuva taliki ya 01 Werurwe 2024, Ingabo na Polisi by’u Rwanda ku bufatanye n’izindi nzego bazakora ibikorwa byo gufasha abaturage kugira imibereho myiza...

AMAKURU

Abazajya baka fagitire ya EBM bagenewe ishimwe bazajya bahembwa binyuze kuri Bank

Abaguzi bazajya bibuka kwaka inyemezabuguzi ya EBM bazajya bahabwa 10% by’umusoro wa TVA wishyuwe, naho abazajya batungira agatoki abantu banyereza uyu musoro, Ikigo...

Don`t copy text!