Mu karere ka Kamonyi Umurenge wa Karama mu kagari ka Bitare niho ibitare biri ibyo wamenya ku Karere ka Kamonyi,gafite imirenge 12, utugari 59 n’imidugudu […]
Category: UBUKUNGU
Samuel muri “Tour du Rwanda” akomeje kuvugwa imyato
Uruganda Ingufu Gin Ltd, ruherereye mu Murenge wa Runda mu Karere ka Kamonyi mu Ntara y’Amajyepfo ruyoborwa na Ntihanabayo Samuel rumaze kumenyekana mu irushanwa mpuzampahanga ry’amagare […]
Rusizi: Inguzanyo z’amafaranga agera kuri Miliyoni 15 Frw muri SACCO zarambuwe
Ubuyobozi bwa SACCO Ntukabumwe Nkungu yo mu Murenge wa Nkungu mu Karere ka Rusizi,bwagaragaje ko bwahebye inguzanyo zingana na miliyoni 15 Frw zirimo miliyoni 4 […]
Gicumbi: Meya Nzabonimpa yagaragaye yikoreye ijerekani y’amazi atanga umukoro ku rubyiriko
Nzabonimpa Emmanuel, Umuyobozi w’Akarere ka Gicumbi, yakanguriye urubyiruko gukorera igihugu badasigana. Ni nyuma y’uko bari batunguwe no kumubona yikoreye ijerekani y’amazi ari gutanga umusanzu wo […]
Inguzanyo y’ubuhinzi n’ubworozi yitezweho guhindura imibereho mwarimu
Koperative Umwalimu SACCO yashyizeho inguzanyo zigenewe abarimu bifuza gukora ibikorwa by’ishoramari mu rwego rw’ubuhinzi n’ubworozi ndetse n’abashaka gukora ubucuruzi buciriritse. Byatangajwe mu Nteko Rusange yahuje […]
Kigali:RURA igiye kuvugurura ingendo, umugenzi yishyure ahwanye n’urugendo akoze
Urwego rw’Igihugu rushinzwe kugenzura inzego zifitiye igihugu akamaro (RURA), rugiye gutangiza kugerageza mu kwishyura hakurikjwe urugendo umugenzi ya koze mu mujyi wa Kigali aho kwishyuzwa […]
Donald Trump yarahiye kuzamura imisoro kuri Canada,Ubushinwa na Mexico
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika(USA), Donald Trump, yafashe icyemezo ko afite gahunda yo kuzamura imisoro akumvisha u Bushinwa, Mexico na Canada ,akazabikora ku […]
Umusaruro mbumbe w’u Rwanda warazamutse ugera kuri miliyari 4,525 RWF.
Ikigo cy’igihugu gishinzwe ibarurishamibare, cyatangaje ko umusaruro mbumbe w’u Rwanda wazamutse, ukava kuri miliyari 3,972 RWF wari uriho mu gihembwe cya kabiri cy’umwaka wa 2023 […]
Dore imishahara mbumbe y’abayobozi bakuru barimo na Perezida wa Repubulika
Nk’uko biri mu Iteka rya Perezida N° 004/01 ryo ku wa 1602/2017 rigena ingano y’imishahara n’ibindi bigenerwa Abanyapolitiki bakuru b’Igihugu n’uburyo bitangwa, abayobozi bose baherutse […]
Gasabo -Rusororo urubyiruko rwishimiye ubumenyi rwahawe
Umujyi wa Kigali, akarere ka Gasabo, mu murenge wa Rusororo, kuri uyu wa Gatanu tariki 28 Kamena 2024, urubyiruko rwasoje amasomo y’imyuga rwahabwaga yo kwihangira […]