ITANGAZO Hashingiwe ku Iteka rya Perezida N° 086/01 ryo ku wa 12/12/2024 rigena ingano y’umusanzu mu bwiteganyirize bwa Pansiyo butegetswe, Hashingiwe kandi ku Iteka rya […]
Author: Gilbert Niyisengwa
Bizagenda gute mu gihe gutsindira kuri 50% bibaye no kuri P6 na S3 uyu mwaka?
Mu gihe hirya no hino mu gihugu humvikanye umubare munini w’abanyeshuri batsinzwe ikizamini cya Leta gisoza amashuri yisumbuye bitewe n’impinduka mu kubara amanota, haribazwa uburyo […]
Itangazo rya Scholarship ku bifuza kwiga kaminuza
ITANGAZO RYO GUTANGA SCHOLARSHIP Ubuyobozi bw’ishuri rya Hanika Anglican Integrated Polytechnic bunejejwe no kumenyesha abanyeshuri bose barangije amashuri yisumbuye bifuza kwiga icyiciro cyambere cya kaminuza […]
Bamwe mu barimu bagiye kwigisha muri weekend/ibisobanuro birambuye kuri gahunda nzamurabushobozi idasanzwe
INAMA YAHUJE UBUYOBOZI BWA NESA &REB N’ABAYOBOZI B’AMASHURI (AMAJYARUGURU&UBURENGERAZUBA) Inama yabaye kuri uyu wa Gatanu tariki 10/01/2025, yatangiye saa 9h00-10h00. Ni inama yabaye hakoreshejwe uburyo […]
REB: Abarimu n’abayobozi bashya bazinjira mu kazi babanje gutsinda Icyongereza/Menya igihe ikizamini cy’akazi kizakorerwa n’ibisabwa
Urwego rw’igihugu rushinzwe Uburezi bw’lbanze (REB) ruramenyesha abakandida bose basabye akazi ku myanya yo kwigisha n’iy’abayobozi mu mashuri (School Leaders’ positions), ko ikizamini cyanditse gihuye […]
BREAKING NEWS: Gahunda nzamurabushobozi ku banyeshuri bazakora ikizamini cya Leta uyu mwaka
Inshamake y’ibyavugiwe mu nama y’abayobozi yateranye uyu munsi .Abanyeshuri ba P6, S3,S6, Y3 na L5 batagize 50% bagomba kwitabira remedial program; .N’undi wagize 50% ariko […]
U-SACCO Updates: Abanyamuryango bose bahawe inyungu irenga 4% y’ubwizigame bwabo
Koperative y’abarimu yo kubitsa no kuguriza, Umwalimu SACCO yatanze inyungu ku bwizigame bw’abanyamuryango bayo. Ni amafaranga abantu benshi batajya bamenya ko bahawe kubera kudasura konti […]
Uburezi 2024: Menya byinshi bitazibagirana byaranze uyu mwaka mu Rwanda
Umwaka wa 2024 usize byinshi mu burezi bw’u Rwanda, ari ibyiza ari n’ibibi, ari ibyo abantu bazakumbura ari n’ibitazifuzwa ariko byose bitazapfa kwibagirana mu bantu. […]
Ibigo by’amashuri biyoboye ibindi muri buri shami buri mubyeyi wese yakwifuza ko uwe yigamo
Igihe cyo guhitamo ibigo by’amashuri ku banyeshuri bazakora ikizamini cya Leta 2024-2025 kiregereje. Buri mubyeyi wese aba yifuza ko umwana we yakwiga amasomo meza akanayiga […]