Thursday, September 19, 2024
spot_img
HomeAMAKURUHatangajwe umubare munini w'abashinzwe umutekano ba Congo bahungiye muri Uganda

Hatangajwe umubare munini w’abashinzwe umutekano ba Congo bahungiye muri Uganda

Mu mpera z’icyumweru gishize abapolisi bagera ku 100 bahungiye mu gihugu cya Uganda bavuye, muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bahunga imirwano ikakaye yari ihanganishije ingabo z’iki gihugu (FARDC) n’abarwanyi b’umtwe wa M23.

Aba bapolisi ba Congo bahunze baciye ku mupaka wa Ishasha, binjira mu gace ka Kanungu gaherereye mu Majyepfo ashyira Uburengerazuba bwa Uganda, nk’uko byatangajwe n’umuvugizi w’igisirikare cya Uganda.

Uyu muvugizi yakomeje avuga ko bamaze kwakira abapolisi 98 ba Congo binjiye muri Uganda bafite imbunda 43.

Yagize ati: “Bahunze imirwano ya M23 n’indi mitwe n’igisirikare cya Congo. Hari hamaze igihe hari ibikorwa by’ubugizi bwa nabi n’inzara.”

Uganda kandi yatangaje ko imaze no kwakira abasivile barenga 2500 mu gihe cy’iminsi ine gusa.

Loading

RELATED ARTICLES

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here

- Advertisment -

Most Popular

AMATANGAZO

error: Content is protected !!
Don`t copy text!