NESA isubije ibibazo byose byibazwaga nyuma yo gutangaza amanota

Nyuma y’uko ku munsi wa kabiri taliki 12 Nzeri, ikigo cy’igihugu gishinzwe ibizamini n’igenzura ry’amashuri gitangaje amanota y’abasoza amashuri abanza n’icyiciro rusange, ababyeyi, abanyeshuri n’abarimu bakomeje kwibaza byinshi bijyanye n’aya manota, aho abanyeshuri boherejwe, n’ibindi, NESA yafashe umwanya ishyiraho ibibazo n’ibisubizo byabyo.

Reba hano.

IBIBAZO_N_IBISUBIZO_BIJYANYE_N_ITANGAZWA_RY_AMANOTA_Y_IBIZAMINI_BYA_LETA_N_ISHYIRWA_MU_MYANYA_RY_ABANYESHURI_MU_MWAKA_WA_MBERE_N_UWA_KANE_W_AMASHURI_YISUMBUYE__2022-2023_.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Don`t copy text!