Umuforomo w’imyaka 39 y’amavuko ukora ku Kigo Nderabuzima cya Ruheru mu Karere ka Nyamasheke, yatawe muri yombi n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, akurikiranyweho icyaha cyo gukoresha […]
Tag: Ukraine
Umwarimu ufunzwe akekwaho gusambanya abana babiri azaburana mu mizi hafi mu 2028
Biteganyijwe ko uwahoze ari umurezi ku ishuri rya Nyanza TSS ryahoze ryitwa ETO Gitarama, ukurikiranyweho gusambanya abana babiri abanje kubarira amasambusa, azaburana mu mizi mu […]
Koreya y’Epfo: Amerika igiye kohererezwa agasanduku k’umukara k’indege iherutse gukora impanuka
Indege ya Jeju Air iherutse gukora impanuka muri Koreya y’Epfo, igahitana abari bayirimo, agasanduku kayo k’umukara kagiye koherezwa muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika kugira […]
Kicukiro: RIB yashyikirijwe abagore babiri bafatanywe amacupa 500 ya mukorogo
Ku wa Gatanu taliki 27 Ukuboza 2024, abagore babiri bari batwaye mu mufuka amacupa 500 y’ubwoko butandukanye bw’amavuta ya mukorogo, bafatiwe mu Mudugudu wa Murambi, […]
Rutsiro: Uwafatanywe inkwavu eshanu n’ingurube imwe by’abandi yavuze ko yiteguraga iminsi mikuru
Umuturage witwa Bariyanga Alphonse w’imyaka 30 y’amavuko wo mu Karere ka Rutsiro, yafashwe afite inkwavu eshanu n’ingurube imwe yari yibye, yisobanura avuga ko yashaka amafaranga […]
Ubudage bwahaye gasopo Ubushinwa burimo gushyugumbwa gufasha Uburusiya
Kuri uyu wa Mbere taliki 18 Ugushyingo 2024, habaye inama y’abaminisitiri b’ububanyi n’amahanga bo mu muryango w’Ubumwe bw’Uburayi (EU) yabereye mu Bubiligi, u Budage buteguza […]
RDF yafunze umusirikare wayo wiciye abantu mu kabari i Nyamasheke
Igisirikare cy’u Rwanda cyatangaje ko cyataye muri yombi umusirikare wo mu ngabo zacyo warashe mu cyico abantu batanu bo mu Karere ka Nyamasheke. RDF ibinyujije […]
Umunyarwanda yarashwe na Polisi ya Canada bimuviramo urupfu
Ku wa Gatandatu taliki 09 Ugushyingo 2024, Polisi yo muri Canada yarashe Umunyarwanda witwaga Kabera Erickson w’imyaka 43 y’amavuko imurasiye mu nyubako yitwa Hamilton Apartment […]
Gatsibo: Abayobozi 9 bashinjwa kurya ibigenewe abaturage bakuyemo akabo karenge
Mu Karere ka Gatsibo haravugwa inkuru y’Abanyamabanga Nshingwabikorwa b’utugari umunani na Sedo bo mu mirenge itandukanye banditse amabaruwa yo gusezera mu kazi. Abasezeye mu kazi […]
Perezida Joe Biden ari guteganya guha Ukraine inkunga ihagije mbere y’uko Trump amusimbura muri White House
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe Za Amerika, Joe Biden, arateganya guha Ukraine inkunga ihagije mbere y’uko Donald Trump, arahiririra kuyobora Leta Zunze Ubumwe Za Amerika […]