Home Tik Tok

Tik Tok

UBUZIMA

Rulindo:Umusore yishe umugabo n’umugore we, anashinyagurira imirambo yabo.

  Umusore w’imyaka 24 akurikiranyweho gutega umugore n’umugabo we bose akabica nk’uko akurikiranywe n’ubushinzacyaja ku rwego rwisumbuye rwa Gicumbi. Uyu mugabo n’umugore we...

UDUSHYA

Ubuheta bwa Perezida Paul Kagame, Ange Kagame ahawe umwanya mu biro bya Perezida.

  Inama Y’Abaminisitiri yaraye ishyizeho abayobozi bashya mu nzego zitandukanye, nka CG Munyuza wagizwe Ambasaderi ndetse Ange Kagame ahabwa umwanya mu biro bya...

UBUREZI

Musanze: Umunyeshuri afunzwe azira gukopera ikizamini cya Leta.

  Mu karere ka Musanze mu Murenge wa Muhoza kuri Ecole Secondaire Islamique de Ruhengeri umunyeshuri wigenga wahakoreraga ikizamini cya leta bamufatanye telephone...

SIPORO

Perezida wa Gasogi aburiye Rayon Sports atibagiwe na bamwe mu banyamakuru.

Uyu munsi taliki 31 Nyakanga 2023, nibwo ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryashyize hanze ingengabihe y’uko shampiyona y’abagabo 2023-2024 izagenda. Umukino ubanza...

AMAKURU

Kayonza: Abakirisitu 31 batawe muri yombi.

  Abaturage 31 biyomoye ku Itorero ry’Abadivantisite b’Umunsi wa Karindwi, batawe muri yombi bazira kwigumura, bakanga kubahiriza gahunda za Leta no kugenda bakwirakwiza...

AMAKURUUDUSHYA

America:Abantu batanu banditse amateka yo kurohora indege mu nyanja.

  Ku mucanga wa New Hampshire,Muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika abantu batanu bari bagiye koga, barohoye indege mu nyanja ntihagira uhasiga ubuzima....

UDUSHYA

Menya icyihishe inyuma y’ifoto ya Juno na Ariel Wayz.

Umuhanzi Juno Kizigenza na Ariel Wayz bongeye guteza urujijo ababakurikira,aho bamwe batekereje ko baba basubiye mu rukundo kubera ifoto nshya aba bombi bashyize...

AMAKURU

Umugore yishwe azira kuvugira kuri telephone.

Ngabitsinze Samuel akurikiranyweho icyaha cyo kwambura ubuzima umugore babyaranye witwa Nyirabugingo Marciane w’imyaka 26, amuziza kumwumva avugira kuri telefone agakeka ko ari kumuca...

AMAKURU

Bugesera: Umusore w’imyaka 18 basanze yiyahuje ishuka.

  Umusore uri mu kigero cy’imyaka 18 witwa Byiringiro Honore waruzwi ku izina rya ‘Boy’ bamusanze yiyahuje ishuka, nyuma y’igihe atumvikana n’ababyeyi be....

AMAKURU

America: Umugore w’imyaka 25 arakekwaho kwica umugabo bamaze gutera akabariro.

Taylor Denise Schabusiness, Ni umugore w’imyaka 25 ukomoka mu mujyi Green Bay i Wisconsin muri Amerika, yagejejwe imbere y’ubutabera ngo aburanishwe ku cyaha...

Don`t copy text!