Mu Karere ka Nyagatare haravugwa inkuru y’umugabo witwa Hakorimana Gaspard w’imyaka 36 y’amavuko wakoraga akazi k’izamu ahari kubakwa ishuri wishwe n’abagizi ba nabi bataramebyekana. Hakorimana […]
Tag: RIB
Perezida Kagame yashyizeho umuyobozi mushya wa RIB
Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro, yari iyobowe na Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, Col Pacifique Kayigamba Kabanda, Umunyamabanga Mukuru w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB asimbuye […]
Perezida Ndayishimiye yongeye gushoza intambara y’amagambo ku Rwanda
Mu gihe ibiganiro bigamije gujemura amakimbirane ari hagati y’u Rwanda n’u Burundi bikomeje, Umukuru w’Igihugu cy’u Burundi yongeye gushoza intambara y’amagambo ku Rwanda. Muri Mutarama […]
Rubavu: Polisi yafashe idupfunyika 2000 tw’urumogi rwakuwe muri Congo
Mu Karere ka Rubavu hafatiwe abagabo babiri bari bafite udupfunyika 2000 tw’urumogi bakuye muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Aba bagabo batawe muri yombi na […]
Urupfu rwa General Makanika rwemejwe
General Rukunda Michel bakundaga kwita Makanika wari umuyobozi w’umutwe wa Twirwaneho urengera Abanyekongo bo mu bwoko bw’Abanyamulenge yiciwe ku rugamba. Uyu mutwe wasohoye itangazo ryemeza […]
Rubavu: Igisasu cyarasiwe muri Congo cyatoboye inzu y’umuturage
Kuri iki Cyumweru taliki 26 Mutarama 2025, igisasu cyaturutse muri Congo kigwa ku nzu y’umuturage mu Karere ka Rubavu mu Murenge wa Cyanzarwe, ku bw’amahirwe […]
Perezida Kagame na Tshisekedi baganiriye na Perezida Macron
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame na Perezida Felix Antoine Tshisekedi wa RD Congo, bagiranye ikiganiro kuri telefone na mugenzi wabo w’u Bufaransa Emmanuel […]
Umuyobozi wa FDLR Gen Omega yarashwe
Mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, haraturuka amakuru avuga ko Ntawunguka Pacific wiyise General Omega uyobora umutwe wa FDLR, yiciwe mu mirwano. Amakuru […]
M23 yatangaje ko yishe Guverineri w’Intara ya Kivu ya Ruguru wari wagiye kwifotoreza ku rugamba
Umutwe wa M23 ubarizwa mu ihuriro Alliance Fleuve Congo, AFC, watangaje ko wishe Umuyobozi w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru, Gen. Maj Peter Nkuba Cirimwami, yiciwe mu […]
Abapasiteri barwaniye mu rusengero rw’Itorero Angilikani bapfa amaturo
Mu materaniro yo ku Cyumweru taliki 19 Mutarama 2025, abapasiteri barwaniye mu rusengero rw’Itorero Angilikani rwa Gihanga mu Ntara ya Bubanza mu gihugu cy’u Burundi, […]