Mu Karere ka Gatsibo mu Murenge wa Remera mu Kagari ka Rwarenga, abantu batatu bagwiriwe n’ikirombe bahasiga ubuzima nyuma yo kujya kugicukuramo amabuye y’agaciro mu […]
Tag: Nigeria
M23 yateguje FARDC intambara yeruye
N’ubwo i Luanda hari ibiganiro bigamije gushyira mu bikorwa umushinga w’amahoro mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, M23 yatangaje ko yateguye intambara yeruye […]
Nyanza: Umubyeyi aratabaza nyuma y’uko umwana we ahiriye ku ruganda rw’imigati akabura kirengera
Umubyeyi wo mu Karere ka Nyanza aratabariza umwana we w’umukobwa witwa Imanishimwe Ange w’imyaka 3 y’amavuko, bivugwa ko uwamutwitse ari umukire nta muntu ujya umukoraho. […]
Polisi yataye muri yombi umuvuzi gakondo ukekwaho kwica abantu
Igipolisi cyo mu gihugu cya Tanzania, cyatangaje ko cyataye muri yombi umuvuzi gakondo ukurikiranyweho kwica abantu, kubahamba ari bazima ndetse no kubatwika mu muriro ndetse […]
Lubero: Wazalendo yongeye kwipima na M23
Mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo imirwano yongeye kubura hagati ya M23 n’abarwanyi ba Wazalendo. Iyi mirwano yabaye kuri uyu wa Kabiri taliki […]
Nigeria: Abanyeshuri 20 biga ubuvuzi muri Kaminuza n’umuganga umwe bashimuswe n’ibyihebe
Abanyeshuri 20 biga ubuvuzi muri Kaminuza ebyiri zitandukanye zo mu gihugu cya Nigeria, ubwo bari mu rugendo mu Burasirazuba bw’iki gihugu, bashimuswe n’abantu bo mu […]
Africa: Abaperezida bahora mu kirere nk’inyoni baranengwa-Menya abahiga abandi
Abayobozi bamwe na bamwe muri Africa bakunda kunengwa ku kuba baticara hamwe ngo bite ku bibazo biba bihangayikishije ibihugu byabo, ndetse ngo batege amatwi ababibagezaho […]
Umuhanzi Ruger wo muri Nigeria yibasiwe n’abantu benshi nyuma yo kwita abagore bo muri Nigeria abarozi.
Umuririmbyi ukomoka muri Nigeria witwa Michael Adebayo Olayinka uzwi cyane ku izina rya ‘Ruger’, nyuma yo kunenga abaririmbyi b’abagore bo muri Nigeria, byateje impaka nyuma […]
Nigeria: Uwashakaga guca agahigo ko kurira kurusha abandi byarangiye ahumye
Abantu hirya no hino ku isi baba baharanira gukora ibintu bitakozwe n’abandi ngo bashyireho uduhigo dutandukanye, gusa umusore wo muri Nigeria warimo urira ubutaruhuka agamije […]