Umuforomo w’imyaka 39 y’amavuko ukora ku Kigo Nderabuzima cya Ruheru mu Karere ka Nyamasheke, yatawe muri yombi n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, akurikiranyweho icyaha cyo gukoresha […]
Tag: Monkeypox
Umwarimu ufunzwe akekwaho gusambanya abana babiri azaburana mu mizi hafi mu 2028
Biteganyijwe ko uwahoze ari umurezi ku ishuri rya Nyanza TSS ryahoze ryitwa ETO Gitarama, ukurikiranyweho gusambanya abana babiri abanje kubarira amasambusa, azaburana mu mizi mu […]
Koreya y’Epfo: Amerika igiye kohererezwa agasanduku k’umukara k’indege iherutse gukora impanuka
Indege ya Jeju Air iherutse gukora impanuka muri Koreya y’Epfo, igahitana abari bayirimo, agasanduku kayo k’umukara kagiye koherezwa muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika kugira […]
Kicukiro: RIB yashyikirijwe abagore babiri bafatanywe amacupa 500 ya mukorogo
Ku wa Gatanu taliki 27 Ukuboza 2024, abagore babiri bari batwaye mu mufuka amacupa 500 y’ubwoko butandukanye bw’amavuta ya mukorogo, bafatiwe mu Mudugudu wa Murambi, […]
Rutsiro: Uwafatanywe inkwavu eshanu n’ingurube imwe by’abandi yavuze ko yiteguraga iminsi mikuru
Umuturage witwa Bariyanga Alphonse w’imyaka 30 y’amavuko wo mu Karere ka Rutsiro, yafashwe afite inkwavu eshanu n’ingurube imwe yari yibye, yisobanura avuga ko yashaka amafaranga […]
Abasoje amashuri yisumbuye barenga ibihumbi 50 batangiye itorero
Kuri uyu wa Gatanu taliki 27 Ukuboza 2024, mu Turere twose tw’Igihugu hatangijwe ibikorwa by’Urugerero byitabiriwe n’intore zarangije amashuri yisumbuye mu mwaka w’amashuri wa 2023-2024, […]
Gatsibo-Muhura: Abaturage bazengerejwe n’agatsiko kiyise ‘APR Imparata’
Mu Kagari ka Mamfu mu Murenge wa Muhura ho mu Karere ka Gatsibo, haravugwa agatsiko k’insoresore kiganjemo abakora ibikorwa by’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro mu buryo butemewe […]
Nyamasheke: RDF yijeje ubufasha imiryango ya batanu barashwe na Sgt Minani
Abo mu miryango y’abantu batanu barashwe n’umusirikare wo mu Ngabo z’u Rwanda (RDF), bijejwe ko bazafashwa mu buryo bushoboka mu kwita ku buzima bwabo bwa […]
NESA: Ibibazo n’ibisubizo bikunze kubazwa ku itangazwa ry’amanota y’abarangije icyiciro cya kabiri cy’amashuri yisumbuye
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe ibizamini n’ubugenzuzi bw’amashuri, NESA, cyatangaje ko gahunda yo gutangaza amanota y’ibizamini bya Leta bisoza amashuri yisumbuye y’umwaka w’amashuri wa 2023/2024 iteganyijwe kuri […]
Rwamagana: Muri GS Saint Jean Paul II Nawe haravugwa uburwayi bw’amayobera
Mu Karere ka Rwamagana mu Rwunge rw’Amashuri rwa Nawe rwitiriwe Mutagatifu Yohani Pawulo wa 2, haravugwa uburwayi bufata abana b’abakobwa ituma batitira igice cy’umubiri cyo […]