Bamwe mu baturage batuye mu Karere ka Rubavu mu Murenge wa Nyamyumba mu Kagari ka Kinigi ho mu Mudugudu wa Pfunda, bahangayikishijwe n’amavunja akomeje kwibasira […]
Tag: Marburg
Gasabo: Uruhinja rwasanzwe mu bwiherero rwapfuye, bikekwa ko rwanizwe n’umuntu utaramenyekana
Mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatatu taliki 27 Ugushyingo 2024, mu Karere ka Gasabo mu Murenge wa Kinyinya mu Kagari ka Murama mu bwiherero […]
Gatsibo-Muhura: Abaturage bazengerejwe n’agatsiko kiyise ‘APR Imparata’
Mu Kagari ka Mamfu mu Murenge wa Muhura ho mu Karere ka Gatsibo, haravugwa agatsiko k’insoresore kiganjemo abakora ibikorwa by’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro mu buryo butemewe […]
Nyamasheke: RDF yijeje ubufasha imiryango ya batanu barashwe na Sgt Minani
Abo mu miryango y’abantu batanu barashwe n’umusirikare wo mu Ngabo z’u Rwanda (RDF), bijejwe ko bazafashwa mu buryo bushoboka mu kwita ku buzima bwabo bwa […]
NESA: Ibibazo n’ibisubizo bikunze kubazwa ku itangazwa ry’amanota y’abarangije icyiciro cya kabiri cy’amashuri yisumbuye
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe ibizamini n’ubugenzuzi bw’amashuri, NESA, cyatangaje ko gahunda yo gutangaza amanota y’ibizamini bya Leta bisoza amashuri yisumbuye y’umwaka w’amashuri wa 2023/2024 iteganyijwe kuri […]
Rwamagana: Muri GS Saint Jean Paul II Nawe haravugwa uburwayi bw’amayobera
Mu Karere ka Rwamagana mu Rwunge rw’Amashuri rwa Nawe rwitiriwe Mutagatifu Yohani Pawulo wa 2, haravugwa uburwayi bufata abana b’abakobwa ituma batitira igice cy’umubiri cyo […]
Umugore aratabaza nyuma y’uko umugabo we amwatse gatanya amuziza ko yabyaye umwana wirabura
Umugore wo mu Bushinwa, ari mu rujijo nyuma yuko, abyaye umwana wirabura nyamara ngo atarigeze abonana n’umugabo w’umwirabura ndetse akaba ataranakandagira muri Afurika, none ubu […]
Muhanga: Polisi yafashe umugabo wari umaze ibyumweru birenga bitatu ashakishwa
Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Muhanga, yataye muri yombi umugabo witwa Ntaganzwa Emmanuel ukekwaho kwica uwari umugore we, agasiga umurambo mu cyumba. Ntaganzwa […]
Gahunda nzahurabushobozi: Ibigo by’amashuri 150 bidatsindisha neza byemerewe ubufasha
Umuryango Hempel Foundation ku bufatanye n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Bana, UNICEF ishami ry’u Rwanda, batangije ku mugaragaro gahunda nzahurabushobozi yo gufasha ibigo by’amashuri abanza […]
Nyanza: Umugabo arakekwaho kwica umugore we amusanze iwabo aho yari yarahukaniye
Umugobo wo mu Karere ka Ruhango aravugwaho kwica umugore we amusanze iwabo mu Karere ka Nyanza aho yari yarahukaniye. Ibi byabaye mu gicuku cyo ku […]