Monday , 31 March 2025
Home Beer

Beer

SIPOROUDUSHYA

Manchester United iguzwe n’umuherwe ugiye kuyihindurira ubuzima.

Sheikh Jassim niwe muherwe utsindiye kugura Manchester United kuri miliyari 6 z’Amapawundi, akaba azayishyura mu kwezi kwa cumi agahita yegukana iyi kipe nk’uko...

AMAKURUUDUSHYA

Ruhango:Bamusanze ku buriri bw’undi mugabo ayabangira ingata yambaye ubusa.

Mu karere ka Ruhango mu Murenge wa Mbuye mugitondo cyo ku wa 22 Kanama 2023, umugabo yasanze mugenzi we ku buriri bwe aryamanye...

AMAKURU

Umusore w’imyaka 28 yafatanywe ibiro 15 by’urumogi ahita afungwa.

Umusore w’imyaka 28 afashwe na Polisi y’u Rwanda mu karere ka Rusizi, akaba afatanywe ibiro 15 by’urumogi yarahetse kuri Moto biri mu gikapu....

AMAKURU

Umugabo w’imyaka 40 afashwe yibye Moto avuga ko yatengushywe na lisansi.

Polisi y’u Rwanda ku bufatanye n’inzego z’ibanze bafashe umugabo w’imyaka 40, bamuziza ko acyekwaho kwiba moto yararimo asunika. Yafatiwe mu karere ka Gisagara,...

SIPORO

Perezida wa Gasogi aburiye Rayon Sports atibagiwe na bamwe mu banyamakuru.

Uyu munsi taliki 31 Nyakanga 2023, nibwo ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryashyize hanze ingengabihe y’uko shampiyona y’abagabo 2023-2024 izagenda. Umukino ubanza...

AMAKURU

Kayonza: Abakirisitu 31 batawe muri yombi.

  Abaturage 31 biyomoye ku Itorero ry’Abadivantisite b’Umunsi wa Karindwi, batawe muri yombi bazira kwigumura, bakanga kubahiriza gahunda za Leta no kugenda bakwirakwiza...

AMAKURUUDUSHYA

America:Abantu batanu banditse amateka yo kurohora indege mu nyanja.

  Ku mucanga wa New Hampshire,Muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika abantu batanu bari bagiye koga, barohoye indege mu nyanja ntihagira uhasiga ubuzima....

UDUSHYA

Menya icyihishe inyuma y’ifoto ya Juno na Ariel Wayz.

Umuhanzi Juno Kizigenza na Ariel Wayz bongeye guteza urujijo ababakurikira,aho bamwe batekereje ko baba basubiye mu rukundo kubera ifoto nshya aba bombi bashyize...

AMAKURU

Umugore yishwe azira kuvugira kuri telephone.

Ngabitsinze Samuel akurikiranyweho icyaha cyo kwambura ubuzima umugore babyaranye witwa Nyirabugingo Marciane w’imyaka 26, amuziza kumwumva avugira kuri telefone agakeka ko ari kumuca...

AMAKURU

America: Umugore w’imyaka 25 arakekwaho kwica umugabo bamaze gutera akabariro.

Taylor Denise Schabusiness, Ni umugore w’imyaka 25 ukomoka mu mujyi Green Bay i Wisconsin muri Amerika, yagejejwe imbere y’ubutabera ngo aburanishwe ku cyaha...

Don`t copy text!