Minisitiri w’Ubuzima, Dr Sabin Nsanzimana yatangaje ko hakozwe ubushakashatsi bukagaragaza ko icyorezo cya Marburg cyibasiye u Rwanda cyaturutse ku ducurama. Minisitiri Dr Nsanzimana yasabye Abaturarwanda […]
Category: UBUZIMA
SIDA iravuza ubuhuha mu nkambi ya Nduta na Nyarugusu
Mu nkambi z’impunzi z’Abarundi za Nduta na Nyarugusu, ubwandu bwa Sida bukomeje kwiyongera, ibi byatangajwe n’Umuryango utabara imbabare wa Croix-Rouge muri Tanzania. Croix-Rouge yatangaje ko […]
Umushahara utajyanye n’amasaha bakora- imbogamizi ku baforomo n’ababyaza
Umuforomokazi utifuje ko amazina ye atangazwa, ukorera kimwe mu bigo by’amashuri biherereye mu Mujyi wa Kigali, avuga ko adashobora gusohoka ngo ajye hanze y’Ikigo, kuko […]
Minisante Updates: Umubare w’abanduye n’abishwe na Marburg wiyongeye
Kuri uyu wa Mbere tariki ya 30 Nzeri 2024 Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko imibare y’abamaze kwandura Virusi ya Marburg wiyongeyeho umuntu 1 naho undi muntu […]
MINISANTE: Imibare y’abamaze kwicwa na Marburg mu Rwanda yazamutse
Minisiteri y’Ubuzima, MINISANTE, yatangaje ko ku Cyumweru taliki 29 Nzeri 2024, abantu babiri bishwe n’icyorezo cya Marburg. Abamaze kwicwa n’icyo cyorezo bagera ku bantu umunani. […]
Rwanda: Guma mu rugo itangiriye ku bakozi ba Ambasade y’Amerika kubera Marburg
Leta Zunze Ubumwe za Amerika zasabye abakozi ba Ambasade yayo mu Rwanda gukora bifashishije ikoranabuhanga aho kujya mu biro, kubera icyorezo cya Marburg cyagaragaye mu […]
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje umubare w’abamaze kwicwa n’icyorezo cya Marburg
Kuri uyu wa Gatandatu taliki 28 Nzeri 2024, Minisitiri w’Ubuzima, Dr Sabin Nsanzimana yatangaje ko abantu batandatu mu Rwanda bamaze guhitanwa n’icyorezo cy’indwara y’umuriro mwinshi […]
Rusizi: Umunyonzi arembeye mu bitaro nyuma yo kugerageza kwiyahura ku nshuro ya gatatu
Uwitwa Nshimiyimana Aaron wo mu Karere ka Rusizi, ukora umwuga w’ubunyonzi nyuma yo kugerageza kwiyahura bikanga arembeye mu Bitaro bya Gihundwe, ubwo bageragezaga kumukura mu […]
Abaganga bo mu Bwongereza bategetswe kujya babaza abarwayi b’abagabo niba batwite
Abaganga bo mu Bwongereza bategetswe n’Ikigo gishinzwe ubuzima muri iki gihugu, NHS, kujya babanza kubaza abarwayi b’abagabo niba batwite mbere yo kubanyuza mu cyuma gisuzuma […]