Ingabo z’u Rwanda ku bufatanye n’iza Mozambique zatabaye abaturage bari bashimuswe n’ibyihebe mu Ntara ya Cobo Delgado mu Majyaruguru ya Mozambique. Iki gikorwa cyakozwe ku […]
Category: International
Gaza: Israeli yishe abana 200 mu minsi 3
Mu gihe impande zihanganye muri Gaza zari zatangaje agahenge, Ministeri y’Ubuzima muri Gaza yatangaje ko mu minsi 3 ishize ingabo za Israel zahitanye abantu 506 […]
U Burundi bwongeye kohereza ingabo muri DRC
Igihugu cy’u Burundi cyohereje abandi basirikare mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, bajya kongera imbaraga ku bandi boherejwe guhangana n’umutwe wa M23, banyuze […]
RDC: Abanyekongo basabwe gukusanyiriza amaturo Wazalendo
Abayobozi b’amadini n’amatorero bakorera muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, basabwe gukusanyiriza amaturo ingabo z’iki gihugu, FARDC n’ihuriro ry’imitwe ya Wazalendo. Ibi byatangajwe na Minisitiri […]
Luanda: Ababarirwa mu bihumbi bitabiriye imyigaragambyo yamagana Perezida João Lourenço
Kuri uyu wa Gatandatu taliki 23 Ugushyingo 2024, mu Murwa Mukuru wa Angola, Luanda, habereye imyigaragambyo yitabiriwe n’ibihumbi by’Abanyangola bigizwe n’abayoboke b’ishyaka UNITA, ritavuga rumwe […]
ICC yashyizeho impapuro zo guta muri yombi Netanyahu, Gallant na Mohammed Deif
Kuri uyu wa Kane, taliki ya 21 Ugushyingo 2024, Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha (ICC) rwashyizeho impapuro zo guta muri yombi Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu […]
Ubudage bwahaye gasopo Ubushinwa burimo gushyugumbwa gufasha Uburusiya
Kuri uyu wa Mbere taliki 18 Ugushyingo 2024, habaye inama y’abaminisitiri b’ububanyi n’amahanga bo mu muryango w’Ubumwe bw’Uburayi (EU) yabereye mu Bubiligi, u Budage buteguza […]
Masisi-Sake: Haratutumba intambara karahabutaka
Muri Teritwari ya Masisi i Sake, haraturuka amakuru avuga ko ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ziryamiye amajanja, mu rwego rwo kwitegura imirwano karahabutaka […]
Perezida Joe Biden ari guteganya guha Ukraine inkunga ihagije mbere y’uko Trump amusimbura muri White House
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe Za Amerika, Joe Biden, arateganya guha Ukraine inkunga ihagije mbere y’uko Donald Trump, arahiririra kuyobora Leta Zunze Ubumwe Za Amerika […]
RDC: Umusirikare Mukuru wa FARDC yafashe ingabo zose yari ayoboye biyunga kuri M23
Umusirikare Mukuru wo mu ngabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, FARDC, ufite ipeti rya Colonel witwa Gilbert Ekombe Bongilima, we n’igice kinini cy’ingabo yari […]