Muri Nigeria,umusore wari wakatiwe igihano cyo kwicwa azira kwiba inkoko n’amagi yayo,yemerewe imbabazi. Uwo musore yari amaze imyaka 10 ari ku rutonde rw’abakatiwe igihano cyo […]
Category: UDUSHYA
China: Umusore yatawe muri yombi amaze gutekera umutwe hoteli zirenga 60
Umusore w’imyaka 21 wo mu Mujyi wa Taizhou mu Bushinwa yabeshye Hoteli zisaga 60 azibamo atishyura ndetse zimwishyuza akayabo k’indishyi y’akababaro nyuma yo guhimba ibinyoma […]
Gukora isuku mu mashuri biga bataha biragoranye kubera uko ingengabihe ipanze
Isuku ni isoko y’ubuzima kandi itozwa umuntu guhera akiri muto. Ku ishuri abana batozwa gukora isuku binyuze mu masomo ndetse no mu gihe cyahariwe isuku, […]
Nyarugenge: Ubuyobozi bw’ishuri rya GS Mwendo butunguje abanyeshuri ifunguro ridasanzwe
Abanyeshuri biga mu rwunge rw’amashuri rwa Mwendo riherereye mu kagali ka Mwendo, umurenge wa Kigali ho mu karere ka Nyarugenge batunguwe no kugaburirwa indyo idasanzwe […]
Ngoma:Ukekwaho kwica Pauline yatawe muri yombi
Ku bufatanye n’Urwego rw’Ubugenzacyaha, RIB, na Police, hatawe muri yombi abakekwaho kugira uruhare mu iyicwa rya Nduwamungu Pauline wari utuye mu murenge wa Rukumberi mu […]
Umugore aratabaza nyuma y’uko umugabo we amwatse gatanya amuziza ko yabyaye umwana wirabura
Umugore wo mu Bushinwa, ari mu rujijo nyuma yuko, abyaye umwana wirabura nyamara ngo atarigeze abonana n’umugabo w’umwirabura ndetse akaba ataranakandagira muri Afurika, none ubu […]
Engonga yafunzwe nyuma yo gufatanwa amashusho 400 y’abagore barimo ab’abaminisitiri yasambanyije
Baltazar Ebang Engonga , uyobora ikigo cya Guinée Equatorial gishinzwe gukora iperereza ku mikoreshereze y’imari (ANIF), yafunzwe nyuma yo gufatanwa amashusho arenga 400 y’abagore baryamanye […]
Amashirakinyoma ku ifoto ya Perezida Kagame imanitse mu Mujyi wa Bujumbura
Guhera ejo hashize taliki 28 Ukwakira 2024, hirya no hino ku mbuga nkoranyambaga cyane cyane mu Karere u Rwanda ruherereyemo, hari gukwirakwizwa ifoto iriho Perezida […]
Nouvelle-Zélande: Ku kibuga cy’indege hashyizweho iminota ntarengwa yo guhoberana
Muri Nouvelle-Zélande, ku kibuga cy’indege cya Dunedin, hashyizweho icyapa kibuza abantu guhoberana iminota irenze 3 mu rwego rwo kugabanya akavuyo mu marembo y’icyo kibuga cy’indege. […]
Umugabo n’umugore bakurikiranweho kugurisha umwana wabo w’amezi 8 ngo bagure terefone igezweho ya iphone 14
Mu cyumweru gishize, itangazamakuru ryo mu Buhinde ryatangaje inkuru ibabaje y’umugabo n’umugore, batuye mu burengerazuba bwa Bengal bakunda byimazeyo terefone igezweho ya iphone kugera aho […]