Amahugurwa y’abarimu kuri gahunda nzamurabushobozi y’ibizamini bya Leta. Amahugurwa yateguwe mu buryo bw’ibiganiro bigamije guha abarimu uburyo ngiro bwo gukemura ibibazo bitandukanye by’abanyeshuri bafite ubumenyi […]
Category: UBUREZI
EPT: Byinshi byimbitse ku kizamini cy’Icyongereza/ Dore ikizamini cyo kwitorezaho
Benshi mu bazakora ikizamini cy’akazi ko kwigisha no kuyobora amashuri bahangayikishijwe n’ikizamini cy’ubumenyi mu rurimi rw’Icyongereza ( English Proficiency Test) bagomba gukora. Nyamara ariko birashoboka […]
Ibizakoreshwa byose bizatangwa na REB-SPIU/ Byinshi ku mahugurwa nzamurabushobozi y’ibizamini bya Leta ku Cyumweru
Kuri iki Cyumweru tariki ya 19 Mutarama 2025, hirya no hino mu gihugu mu turere twose abarimu bigisha amasomo akorwa mu kizamini cya Leta mu […]
Updates: Ikizamini k’Icyongereza ntabwo kizakorwa n’abantu bose mu kizamini cy’akazi
Nyuma y’uko hatangajwe ko abantu basabye akazi ku myanya yo kwigisha n’iy’abayobozi b’amashuri bagomba gukora ikizamini k’Icyongereza, hagaragajwe ko atari buri wese uzagikora. Ikizamini cy’ubumenyi […]
REB Updates: Uturere twose-Amatariki,amasaha n’ahantu abemerewe gukora ikizamini cy’akazi bazakorera
Uru ni urutonde rw’abemerewe gukora ikizamini cy’akazi basabye muri REB, amasaha, amatariki ndetse n’ahantu bazakorera. Urakanda muri link yanditseho akarere wahisemo gukoreramo utegereze gato bifunguke […]
Kigali:Abashinzwe uburezi mu mirenge bahinduranyijwe
Umujyi wa Kigali usobanuye impamvu wakoze impinduka zihuse mu bari bashinzwe uburezi mu mirenge. Nyuma y’uko hagaragaye impinduka ku bayobozi bamwe na bamwe bashinzwe uburezi […]
REB Updates: Menya uturere 17 tugiye gutangiriramo gahunda nzamurabushobozi y’ibizamini bya Leta
Kigali, on 16/01/2025 N° 0070’REB /05/2025 Mayor of District : Muhanga, Kamonyi, Nyagatare, Ruhango, Burera, Bugesera, Kayonza, Gisagara, Rulindo, Nyanza, Rutsiro, Nyaruguru, Huye, Rwamagana, Nyamagabe, […]
UMWARIMU SACCO ushyize umucyo ku mbogamizi zo gusinyirana zagaragajwe n’abarimu nk’umutwaro
Hirya no hino mu gihugu abarimu basanzwe ari abanyamuryango b’Umwalimu SACCO nka koperative bashyiriweho ngo ibateze imbere,bataka kuri bimwe bashyirirwaho bafata nk’amananiza mu gusinyira umuntu […]
Bizagenda gute mu gihe gutsindira kuri 50% bibaye no kuri P6 na S3 uyu mwaka?
Mu gihe hirya no hino mu gihugu humvikanye umubare munini w’abanyeshuri batsinzwe ikizamini cya Leta gisoza amashuri yisumbuye bitewe n’impinduka mu kubara amanota, haribazwa uburyo […]
Itangazo rya Scholarship ku bifuza kwiga kaminuza
ITANGAZO RYO GUTANGA SCHOLARSHIP Ubuyobozi bw’ishuri rya Hanika Anglican Integrated Polytechnic bunejejwe no kumenyesha abanyeshuri bose barangije amashuri yisumbuye bifuza kwiga icyiciro cyambere cya kaminuza […]