Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 21 Nyakanga 2023, I Kigali mu Rwanda, muri Madras Hotel Apartments, iherereye ku Gisozi, habereye umuhango wo gutanga ibyemezo […]
Category: AMAKURU
Urutonde rw’ibigo 515, abarimu n’abayobozi babyo bazitabira amahugurwa ya RwandaEQUIP
Madamu/Bwana Umuyobozi w’Akarere: (Bose) Madamu/Bwana Umuyobozi Nshingwabikorwa w’Akarere: Kicukiro, Gasabo na Nyarugenge Madamu/Bwana Muyobozi, Impamvu: Gutumira abarimu n’abayobozi b’ibigo by’amashuri mu mahugurwa Mu rwego rwo […]
Impanuka y’indege ya gisirikare yaguye mu kiyaga igihaguruka
Indege ya gisirikare yaririmo abapirote babiri yakoze impanuka igihaguruka ku kibuga ki indege. Iyi ndege yarihagurutse ku kibuga cya Bukoba muri Tanzania ihita yiroha mu […]
NESA itanze andi makuru ku ikosorwa ry’ibizamini bya Leta
Nyuma y’uko abanyeshuri bo mu mashuri abanza bakoze ikizamini cya Leta ,abo mu cyiciro rusange n’abasoza ayisumbuye bakaba barimo kwitegura kubikora, NESA, itanze umurongo ku […]
Umunyambanga wa Leta Ushinzwe Imibereho y’Abaturage yasobanuriye Abasenateri uburyo bwifashishwa n’inzego z’ibanze mu gukemura ibibazo by’abaturage.
Kuri uyu wa Kane tariki ya 20 Nyakanga Umunyambanga wa Leta Ushinzwe Imibereho y’Abaturage Madame INGABIRE Assoumpta yasobanuriye Abasenateri uburyo bwifashishwa n’inzego z’ibanze mu gukemura […]
Nigeria: Uwashakaga guca agahigo ko kurira kurusha abandi byarangiye ahumye
Abantu hirya no hino ku isi baba baharanira gukora ibintu bitakozwe n’abandi ngo bashyireho uduhigo dutandukanye, gusa umusore wo muri Nigeria warimo urira ubutaruhuka agamije […]
Rwanda:Ibigori bishobora kugura make cyane mu buryo butunguranye
Ni nyuma y’uko guverinoma ya Zimbabwe itangaje ko iri guteganya kohereza toni zirenga ibihumbi 10 z’ibigori mu Rwanda. Guverinoma ya Zimbabwe yasobonuye ko mu bubiko […]
Barinzwe mu ibanga rikomeye, abana 19 bahamwe n’ibyaha bitandukanye basoje ibizamini bya Leta bisoza amashuri abanza
Mu Karere ka Nyagatare, ku Rwunge rw’Amashuri rwa Nyagatare mu banyeshuri bahakoreye ikizamini cya Leta gisoza amashuri abanza, umwaka w’amashuri wa 2022-2023, harimo abana 19 […]
Abaturage 53 barwaye bazira kunywa ubushera
Intara y’iburazuba akarere ka Rwamagana umurenge wa Munyaga abaturage 53 bajyanywe kwa muganga ikuba gahu nyuma yo kunywa ubushera bikekwa ko buhumanye maze bagatangira kuribwa […]
Ruhango: inkunga agenerwa muri VUP itumye umwana we amwica
Umugabo w’imyaka 35 witwa Mbarorende Jean Marie wo mu murenge wa Kinazi mu karere ka Ruhango,arashinjwa kwica se umubyara witwa Ntambara Vincent amukase ijosi. Uyu […]