Nyuma y’uko abarimu batize uburezi bari bamaze igihe bakora amahugurwa agamije kubagira ab’umwuga, bakaza gusubika, ikigo cy’igihugu gishinzwe Uburezi bw’ibanze, REB, gitanze itangazo rimenyesha gusubukura […]
Category: AMATANGAZO
REB Updates : Revised plan_ Orientation plan for ECE mentors and Kinyarwanda SSLs on the implementation of CoP book 2
Here is Revised plan_ Orientation plan for ECE mentors and Kinyarwanda SSLs on the implementation of CoP book 2 OPEN Revised training plan
REB: Itangazo ryihutirwa ku bayobozi b’ibigo by’amashuri bose
Nyuma y’uko hamaze igihe haba gahunda nzamurabushobozi mu bigo by’amashuri abanza mu cyiciro cya mbere, ubu Ikigo cy’igihugu gishinzwe Uburezi bw’ibanze, REB, kibinyujije mu kigo […]
NESA-APPEAL: Menya aho wanyura ujurira ku manota wagize mu kizamini cya Leta
Nyuma y’uko kuri uyu wa 27 /08/2024 hasohotse amanota y’abanyeshuri bashoje icyicaro cy’amashuri abanza n’ayisumbuye mu cyiciro rusange, ubu noneho hashyizweho urubuga rwafasha abanyeshuri kujuririra […]
Gicumbi: Ubuyobozi buri gushakisha uwataye amafaranga ngo ayasubizwe
Ubuyobozi bukuru bw’abinjira n’abasohoka mu Rwanda, kuri uyu wa Kane taliki 08 Kanama 2024, bwasohoye itangazo rirangisha umuntu wataye amafaranga yatoraguwe akabura nyirayo. Iryo tangazo […]
Itorero Umuriro wa Pentekote ryahagaritswe mu Rwanda hose
Kigali, kuwa 30/07/2024 Ref. N°43/ RGB/CEO/CSO&POs/2024 Pastor NTAWUYIRUSHINTEGE Corneille Tel: 0784330266 KIGALI Impamvu: Guhagarika ibikorwa by’Itorero Umuriro wa Pentekote mu Rwanda Nshingiye ku Itegeko n°56/2016 […]
RGB yasohoye itangazo risubiza abibazaga ku ifungwa ry’insengero
ITANGAZO RIGENEWE ABANYAMAKURU IGENZURA RY’IYUBAHIRIZWA RY’AMATEGEKO N’AMABWIRIZA AGENGA IMIRYANGO ISHINGIYE KU MYEMERERE Kigali, ku wa 1 Kanama 2024 Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere (RGB), ku bufatanye n’izindi […]
Gatsibo: Urutonde rwose rw’abarimu bazitabira amahugurwa ya Remedial
Mu gihe abarimu hirya no hino mu gihugu barimo gutegurirwa amahugurwa nzahura bumenyi ku banyeshuri, hano hari urutonde rwa Gatsibo.
Paul Kagame yatsinze amatora ya Perezida wa Repubulika yanikiye abo bari bahanganye-Ibya burundu byavuye mu matora
Mu gihe hari hamaze iminsi komisiyo y’Amatora mu Rwanda itangaje amajwi by’agateganyo, uyu munsi taliki 22 Nyakanga 2024, iyi komisiyo yatangaje amajwi yaburundu, aho umukandida […]
Imyanya y’akazi mu burezi ku barangije ayisumbuye n’abarangije kaminuza
INTARA Y’AMAJYARUGURU AKARERE KA MUSANZE UMURENGE WA CYUVE AKAGARI KA KABEZA UMUDUGUDU WA KARUNYURA Email:wisdomschools385@gmail.com Tel: 0788478469/0788593311 ITANGAZO RY’AKAZI Ubuyobozi bwa Wisdom School Musanze buramenyesha […]