ITANGAZO Hashingiwe ku Iteka rya Perezida N° 086/01 ryo ku wa 12/12/2024 rigena ingano y’umusanzu mu bwiteganyirize bwa Pansiyo butegetswe, Hashingiwe kandi ku Iteka rya […]
Category: AMATANGAZO
Ingendo z’abanyeshuri – Hatanzwe umucyo
Mu gihe igihembwe cya mbere 2024-2025, kirimo kugera ku musozo, ikigo cy’igihugu gishinzwe ibizamini n’Ubugenzuzi bw’amashuri, NESA, gitangaje uko abanyeshuri bazataha.
Impinduka kuri Pansiyo,itangazo rya RSSB rireba abanyamuryango bayo
RSSB yagiranye ibiganiro n’Urugaga rw’Abikorera ku bijyanye n’impinduka muri gahunda ya Pansiyo n’inyungu zitezwemo. Ku wa 28, Ugushyingo, 2024 Urwego rw’Ubwiteganyirize (RSSB) rwahuye n’urugaga rw’abikorera […]
4 Teaching job positions at Green Hills Academy (GHA) (Deadline: 29/11/ 2024) 4 Teaching job positions at Green Hills Academy (GHA) (Deadline: 29/11/ 2024
4 Teaching job positions at Green Hills Academy (GHA) (Deadline: 29/11/ 2024 Green Hills Academy (GHA) serves 2,200 students in Kigali, Rwanda. Green Hills Academy […]
Abapolisi 145 bashyizwe mu kiruhuko cy’izabukuru
Kuri iki Cyumweru taliki 10/11/2024, Polisi y’u Rwanda (RNP) yatangaje ko abapolisi 145 barimo ba komiseri barindwi, bashyizwe mu kiruhuko, ivuga ko umubare munini ugizwe […]
Updates: NESA itangaje igihe amanota y’ibizamini bya Leta bisoza amashuri yisumbuye umwaka w’amashuri 2023/2024, azatangarizwa
Ikigo cy’igihugu gishinzwe ibizamini n’ubugenzuzi bw’amashuri (NESA), kibinyujije ku rubuga rwacyo rwa X, gitangaje itariki n’amasaha amanota y’ibizamini bya Leta bisoza amashuri yisumbuye umwaka w’amashuri […]
NESA-Updates: Abifuza gufasha abakandida bigenga bahawe umurongo ngenderwaho
Uko umwaka utashye, ubwo abanyeshuri basoza icyiciro cya kabiri cy’amashuri yisumbuye baba bisuganya bitegura gukora ikizamini cyane Leta, ni ko abifuza gukorera dipolome nk’abakandida bigenga […]
REB-Updates: Umwihariko w’imyanya myinshi mu burezi
Mu gihe abantu bari bamaze igihe bategereje ko imyanya mishya mu burezi ishyirwa ku isoko, kuri uyu wa Gatanu tariki 18, 2024 yashyizwe ku isoko […]
Ibiciro bya lisansi na mazutu byongeye kugabanyuka
Urwego rw’Igihugu Rushinzwe Kugenzura Imikorere y’Inzego zimwe na zimwe z’imirimo ifitiye igihugu akamaro, RURA, rwatangaje ko ibiciro by’ibikomoka kuri Peteroli mu Rwanda byongeye kugabanyuka. Kuri […]
REB: Urutonde rw’abatumiwe n’aho bazakorera-Uncertified
Aha hari urutonde rw’abatumiwe mu mahugurwa y’abatize uburezi n’aho bazakorera. Reba urutonde hano CORRECT INVITATION FOR TEACHERS AND TUTORS