Ikigo cy’igihugu gishinzwe ibizamini n’ubugenzuzi bw’amashuri (NESA), kibinyujije ku rubuga rwacyo rwa X, gitangaje itariki n’amasaha amanota y’ibizamini bya Leta bisoza amashuri yisumbuye umwaka w’amashuri […]
Author: Albert BYIRINGIRO
Perezida Joe Biden ari guteganya guha Ukraine inkunga ihagije mbere y’uko Trump amusimbura muri White House
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe Za Amerika, Joe Biden, arateganya guha Ukraine inkunga ihagije mbere y’uko Donald Trump, arahiririra kuyobora Leta Zunze Ubumwe Za Amerika […]
Nyakubahwa perezida wa Repubulika Paul KAGAME, yitabiriye umukino wahuzaga u Rwanda na Djibouti(amafoto)
Perezida Paul KAGAME yitabiriye umukino wo kwishyura ikipe y’igihugu y’u Rwanda (Amavubi) ya CHAN, yari yakiriyemo ikipe y’igihugu ya Djibouti , wanarangiye ikipe y’igihugu amavubi […]
NESA: Itangazo rigenewe abanyeshuri bakoze ibizamini bya leta bisoza amashuri yisumbuye 2023/2024
Itangazo rigenewe abakandida (abanyeshuri), bakoze ibizamimi bya leta bisoza amashuri yisumbuye 2023/2024. Nyuma y’uko abantu bakomeje kugenda bakwirakwiza amakuru ko amanota y’abanyeshuri bashoje icyiciro […]
Musanze/Muko: Abagabo baravugwaho kugotomera shishakibondo igenewe abana ngo bakire isindwe
Bamwe mu bagore bo mu murenge wa Muko, akarere ka Musanze, bavuga ko hari abagabo bahitamo kwinywera igikoma kizwi ku izina rya shishakibondo, kigenewe abana […]
Rusizi: Imbangukiragutabara yari itwaye umugore utwite yarenze umuhanda ikora impanuka ikomeye
Imbangukiragutabara y’ikigonderabuzima cya Nyabitimbo, mu karere ka Rusizi, yarenze umuhanda ikora impanuka ikomeye ubwo yari itwaye abarwayi ku bitaro bya Mibilizi, kubw’amahirwe ntihagira uhaburira ubuzima […]
Libya yitegura guhura n’amavubi itewe mpaga bituma ikomeza kuba iya nyuma
Ikipe y’igihugu ya Libya, yatewe mpaga y’ibitego 3-0, inacibwa amande y’ibihumbi 50 by’amadorari ku mukino yari kwakiramo Nigeria, tariki ya 15 ukwakira 2024. Ikipe y’igihugu […]
Umusore wisabiye polisi y’u Rwanda (RNP) kumufunga ngo yitekerezeho, yasubijwe
Kuri uyu wa Gatatu taliki 23 Ukwakira , uwitwa ‘Wimbwira Ubusa’ ku rubuga rwe rwa X (yahoze ari Twitter) yatunguye abantu benshi, ubwo yasangizaga ubutumwa […]
Igisirikare cya DR Congo, cyatangaje ko cyisubuje agace ka Kalembe
Igisirikare cya DR Congo, cyatangaje ko cyamaze gukura inyeshyamba za M23 mu gace ka Kalembe. Ni nyuma y’umunsi umwe hatangajwe amakuru ko inyeshyamba za M23, […]
Nouvelle-Zélande: Ku kibuga cy’indege hashyizweho iminota ntarengwa yo guhoberana
Muri Nouvelle-Zélande, ku kibuga cy’indege cya Dunedin, hashyizweho icyapa kibuza abantu guhoberana iminota irenze 3 mu rwego rwo kugabanya akavuyo mu marembo y’icyo kibuga cy’indege. […]