Mu gihe impande zihanganye muri Gaza zari zatangaje agahenge, Ministeri y’Ubuzima muri Gaza yatangaje ko mu minsi 3 ishize ingabo za Israel zahitanye abantu 506 […]
Author: UMURUNGA.com
Imikino y’Amahirwe igiye kujya isora 40%
Mu gihe umusoro wasabwaga ibigo by’imikino y’amahirwe wari 13%, abadepite bemeje ishingiro ry’umushinga w’itegeko ryongera umusoro kuri iyi mikino ukagera kuri 40%. Uyu musoro usa […]
Elon Musk ashobora kwamburwa ubwenegihugu
Mu minsi itanu ishize abantu basaga ibihumbi 250, basinye ku nyandiko isaba ko umuherwe Elon Musk yamburwa ubwenegihugu bwa Canada aho ashinjwa kubangamira inyungu n’Ubusugire […]
Samuel muri “Tour du Rwanda” akomeje kuvugwa imyato
Uruganda Ingufu Gin Ltd, ruherereye mu Murenge wa Runda mu Karere ka Kamonyi mu Ntara y’Amajyepfo ruyoborwa na Ntihanabayo Samuel rumaze kumenyekana mu irushanwa mpuzampahanga ry’amagare […]
U Burundi bwongeye kohereza ingabo muri DRC
Igihugu cy’u Burundi cyohereje abandi basirikare mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, bajya kongera imbaraga ku bandi boherejwe guhangana n’umutwe wa M23, banyuze […]
Abanyeshuri bose bari mu biruhuko bemerewe kureba umupira w’Amavubi na Sudan ku buntu
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda(FERWAFA), ryatangaje ko abanyeshuri bose bari mu biruhuko bemerewe kureba umupira ikipe y’igihugu y’u Rwanda, Amavubi izakwakiramo Sudan y’Epfo. Ni umukino […]
Inguzanyo y’ubuhinzi n’ubworozi yitezweho guhindura imibereho mwarimu
Koperative Umwalimu SACCO yashyizeho inguzanyo zigenewe abarimu bifuza gukora ibikorwa by’ishoramari mu rwego rw’ubuhinzi n’ubworozi ndetse n’abashaka gukora ubucuruzi buciriritse. Byatangajwe mu Nteko Rusange yahuje […]
Kibyeyi aratabaza Perezida Kagame,nyuma y’uko RRA yanze kumusubiza ibye
Uwitwa Kibyeyi Valence aratabaza Umukuru w’igihugu nyuma y’uko afunzwe akekwaho kunyereza imisoro,bikarangira urukiko rumurekuye aho ubushinjacyaha bwaretse kumukurikirana none RRA ikaba yaranze kumusubiza ibye byafatiriwe […]
Nyanza: Ikigo cy’amashuri cyibwe umuzamu ahita abura
Nyuma y’uko ishuri riherereye mu karere ka Nyanza, mu murenge wa Busoro mu kagali ka Munyinya mu mudugudu wa Cyuriro ryibiwe umuzamu akaburirwa irengero, RIB […]
Ni muntu ki? Bashar Al Asaad wari Perezida wa Syria wahiritswe ku butegetsi
Bashar al-Assad ni Perezida wa Siria kuva mu 2000,gusa ubu yamaze guhirikwa ku butegetsi n’inyeshyamba ahungira mu Burusiya bwamunambyeho kuva kera. Turagaruka ku mateka ye […]