Saturday, September 28, 2024
spot_img

Latest Posts

ITANGAZO RIREBA ABIFUZA GUSABA INGUZANYO YO KWIGA MURI KAMINUZA Y’U RWANDA (UNIVERSITY OF RWANDA) MU MWAKA W’AMASHURI 2024.

Iri ni ryo tangazo rya HEG

“ITANGAZO RIREBA ABIFUZA GUSABA INGUZANYO YO KWIGA MURI KAMINUZA Y’U RWANDA (UNIVERSITY OF RWANDA) MU MWAKA W’AMASHURI 2024.

Ubuyobozi bw’Ikigo gishinzwe Amashuri Makuru na Kaminuza mu Rwanda (Higher

Education Council) buramenyesha abanyeshuri barangije umwaka wa gatandatu

w’amashuri yisumbuye muri 2023 bakaba bifuza gusaba inguzayo yo gutangira kwiga

umwaka wa mbere muri Kaminuza y’u Rwanda (University of Rwanda) mu mwaka

w’amashuri 2024, ibi bikurikira:

1. Gusaba inguzanyo bizakorwa guhera tariki ya 18/06/2024 kugeza ku ya 04/07/2024.

Nyuma y’ayo matariki nta busabe bw’inguzanyo buzakirwa.

2. Usaba inguzanyo agomba kuba yaramaze kwemererwa umwanya (admission) muri

“University of Rwanda”.

3. Gusaba inguzanyo bikorwa hakoreshejwe umurongo wa interineti ukurikira:

https://hecmis.hec.gov.rw/, usaba agakurikiza amabwiriza.

4. Abemerewe gusaba inguzanyo ni abarangije amashuri yisumbuye muri 2023 gusa,cyangwa abahawe “equivalence” na NESA yerekana ko barangije muri 2023.”

Ushaka gusaba kanda hano:hecmis.hec.gov.rw

Gusaba inguzanyo bizakorwa guhera tariki ya 18/06/2024 kugeza ku ya 04/07/2024.

Loading

Latest Posts

spot_imgspot_img

ANDI MAKURU

error: Content is protected !!