Mu gihe muri Repubulika ihanira Demokarasi ya Congo hakomeje kuba imirwano hagati y’inyeshyamba za M23 n’ingabo za FARDC n’abo bafatanyije, mu ntambara yabaye ku munsi wa Mbere taliki 29 Mata 2024, M23 yahamije ko yahafatiye imbunda nini.

Iyi ni yo mbunda M23 yambuye FARDC
Imirwano ikomeje kongera kubura muri iyi minsi nyuma y’iminsi mikeya hari agahenge.
N’ubwo bimeze bityo impande zombi zakome kwitana bamwana aho na FARDC yerekanye iyi ntwaro ivuga ko ari iyo yambuye M23.
Mu duce hafi ya twose ubu hongeye kybura imirwano aho ngo M23 ifite intego yo kwigarurira ibindi bice birimo n’umugi wa Goma
