Home AMAKURU Gatsibo: Batunguwe n’urupfu rwa mwarimu Kanyamugara wari mu kwezi kwa buki
AMAKURU

Gatsibo: Batunguwe n’urupfu rwa mwarimu Kanyamugara wari mu kwezi kwa buki

Mu Murenge wa Gasange wo mu Karere ka Gatsibo haravugwa inkuru y’akababaro y’urupfu rw’umwarimu witwa Kanyamugara Wicriff wari umwarimu kuri GS Gategero wapfuye akiri mu kwezi kwa buki.

Umwe mu bantu bari bamuzi neza, avuga ko Kanyamugara yari asanzwe ababanira neza, ari inyangamugayo dore ko ngo yari anahagarariye urugaga rw’urubyiruko rushamikiye ku muryango wa FPR Inkotanyi, mu Murenge wa Gasange.

Utifuje ko amazina ye amenyekana, yabwiye itangazamakuru ko bivugwa ko urupfu rw’uyu mwarimu rwaba rwakomotse ku kuba yarahumanyirijwe mu bukwe aherutse gukora, dore ko yari akiri mu kwezi kwa buki.

Amakuru agera kuri Bwiza dukesha iyi nkuru avuga ko uyu mwarimu yafashwe akimara gukora ubukwe.

Leave a comment

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Related Articles

AMAKURU

Gutebya uhakana cyangwa upfobya Jenoside yakorewe Abatutsi ni icyaha – Dr. Murangira B. Thierry

Dr. Murangira B. Thierry, uvugira Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, yagaragaje ko nta...

AMAKURU

Kinshasa: Abantu babarirwa mu bihumbi n’imodoka baheze ku kiraro cya N’djili

Kuva Ejo ku wa Gatandatu taliki 05 Mata 2025, abantu babarirwa mu...

AMAKURU

Ingabo za FARDC ziri kwifotoreza mu Mujyi wa Walikale zaburiwe na M23

Ihuriro Alliance Fleuve Congo, AFC, ryaburiye ingabo za Leta ya Congo, FARDC...

AMAKURU

Guverinoma y’u Rwanda itanze umucyo ku rupfu rw’Umuvugizi wayo, Alain Muku n’icyo yazize

Guverinoma y’u Rwanda yemeje ko uwari Umuvugizi wayo Wungirije, Alain Mukuralinda yitabye...

Don`t copy text!