Nyuma y’uko Minisiteri y’Uburezi itangaje ko abarimu bifuza guhindurirwa ikigo imbere mu karere cyangwa abifuza kugurana ko amarembo afunguye kuva ku wa 29 Nyakanga 2024 […]
Umwaka wa 2024 usize byinshi mu burezi bw’u Rwanda, ari ibyiza ari n’ibibi, ari ibyo abantu bazakumbura ari n’ibitazifuzwa ariko byose bitazapfa kwibagirana mu bantu. […]