Sunday, September 29, 2024
spot_img

Latest Posts

Umupadiri yashyize hanze amashusho ari kwiha akabyizi n’umukobwa ukiri muto

Umupadiri witwa Twinamatsiko Luciano wo muri Diyosezi Gatolika ya Kabale yashyize hanze amashusho amugaragaza ari gutera akabariro.

Ku wa Kane taliki 30 Gicurasi 2024 nibwo aya mashusho yatangiye gukwirakwiza ku mbuga nkoranyambaga, kuri ubu akaba akomeje guhererekanywa cyane n’abakoresha urubuga rwa X biganjemo abo mu bihugu bya Uganda na Kenya.

Muri aya mashusho Padiri Twinamatsiko yashyize hanze agaragara abyinana n’umukobwa ukiri muto bombi bambaye imyenda y’imbere, mbere yo kuyikuramo bagatangira igikorwa cy’abakuze.

By’umwihariko uyu mukozi w’Imana agaragara yonka amebere y’iriya nkumi y’akataraboneka.

Aya mashusho bigaraga ko yafashwe na banyirubwite kuko padiri ubwe agaragara agenda yiyerekezaho camera mu byerekezo binyuranye kugira ngo ifotore neza.

Aya mashusho yatazweho ibitekerezo bitandukanye n’abakoresha imbuga nkoranyambaga aho bamwe bavuga ko Kiliziya Gatolika yagakomoreye abasaseridoti na bo bakaba bajya bakora imibonano mpuzabitsina batagombye kububa.

Kiliziya Gatolika muri Uganda, kugeza ubu ntacyo iratangaza ku byakozwe n’uriya mupadiri.

Muri Uganda padiri Twinamatsiko asanzwe azwi cyane, aho yamenyekanye ubwo yakiraga icyorezo cya Ebola cyibasiye iki gihugu mu myaka yashize.

Loading

Latest Posts

spot_imgspot_img

ANDI MAKURU

error: Content is protected !!