Monday, September 9, 2024
spot_img
HomeAMAKURUUmunsi wa mwarimu kera kabaye ugiye kuba nyuma yo gusubikwa kenshi

Umunsi wa mwarimu kera kabaye ugiye kuba nyuma yo gusubikwa kenshi

Umunsi wa mwarimu ubusanzwe wizihizwa tariki ya 5/10 buri mwaka,aho abarimu bicara bakaganira ku murimo wabo bakarebera hamwe uko bawuteza imbere.

Uyu mwaka wa 2023 abarimu bo mu Rwanda uyu munsi ntiwabaye nk’uko byari bisanzwe kuko wagiye wimurwa inshuro nyinshi,hari hashize amezi 2 wimurwa.

Kuri ubu ariko itariki uyu munsi uzizihirizwaho imaze gutangazwa n’Umunyamabanga uhoraho muri Minisiteri yโ€™Uburezi Irere Claudette, aho avuze ko uyu munsi uzizihizwa ku wa 14/12/2023.

Ni umunsi abarimu baba banyoteye kuko nabo ubaha umwanya wo kwidagadura no kwizihirwa bishimira ibyo bamaze kugeraho mu mwuga wabo.

Loading

Sam Kabera
Sam Kaberahttp://wwww.umurunga.com
๐Ÿ“žor Message me on 250 783618487 UBUREZI,UBUVUGIZI NIBWO DUSHYIRA IMBERE. Sam Kabera yatangiye itangazamakuru kuva mu mwaka wa 2015 mu binyamakuru birimo Nonaha.com,Hanga.rw n'ibindi bitandukanye birimo na Television.
RELATED ARTICLES

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here

- Advertisment -

Most Popular

AMATANGAZO

error: Content is protected !!
Don`t copy text!