Gasabo: Impanuka y’ikamyo yatumye umuhanda Kigali-Rwamagana utaba nyabagendwa

Bitewe n’impanuka mu muhanda munini Kigali-Rwamagana yabereye ahitwa Bambino mu kagali ka Nyagahinga, umurenge wa Rusororo, akarere ka Gasabo, umuhanda Kigali – Rwamagana ubu ntago uri nyabagendwa.

Polisi basabye abakoresha uyu muhanda gukoresha umuhanda Masaka- Kabuga n’umuhanda Umusambi- Intare Arena- Mulindi.

Imirimo yo gukuramo imodoka yaguye irimo gukorwa, ko bari bubamenyeshe umuhanda niwongera kuba nyabagendwa.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Don`t copy text!