Home AMAKURU Kigali: umutingito wangije byinshi hirya no hino mu gihugu
AMAKURU

Kigali: umutingito wangije byinshi hirya no hino mu gihugu

Ku munsi w’ejo hashize 24 Nzeri 2023 humvikanye umutingito wangije byinshi hirya no hino mu gihugu.

Ni umutingito benshi bakekaga ko waturutse muri Kigali, ariko amakuru akomeje kuvuga ko wageze mu gihugu cyose,inkomoko yawo ukaba wahereye mu karere ka Karongi, Ndetse ukaba wangije ibintu byinshi waje uri kubipimo bya magnitude ya 5.1 warufite imbaraga nyinshi.

Hari amazu yasataguritse hirya no hino mu gihugu

Uyu mutingito ukaba wageze mu bihugu butandukanye nk’u Burundi,Rwanda, Tanzania,Uganda na Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo.

Written by
IFASHABAYO Gilbert

Umwanditsi w'ikinyamakuru www.umurunga.com ushaka kuduha amakuru mpamagara kuri 0788820730

Leave a comment

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Related Articles

AMAKURU

Gutebya uhakana cyangwa upfobya Jenoside yakorewe Abatutsi ni icyaha – Dr. Murangira B. Thierry

Dr. Murangira B. Thierry, uvugira Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, yagaragaje ko nta...

AMAKURU

Kinshasa: Abantu babarirwa mu bihumbi n’imodoka baheze ku kiraro cya N’djili

Kuva Ejo ku wa Gatandatu taliki 05 Mata 2025, abantu babarirwa mu...

AMAKURU

Ingabo za FARDC ziri kwifotoreza mu Mujyi wa Walikale zaburiwe na M23

Ihuriro Alliance Fleuve Congo, AFC, ryaburiye ingabo za Leta ya Congo, FARDC...

AMAKURU

Guverinoma y’u Rwanda itanze umucyo ku rupfu rw’Umuvugizi wayo, Alain Muku n’icyo yazize

Guverinoma y’u Rwanda yemeje ko uwari Umuvugizi wayo Wungirije, Alain Mukuralinda yitabye...

Don`t copy text!