Friday, June 28, 2024
spot_img
HomeAMAKURUBurukinafaso: Umuganga yanenze Perezida ko atarwanya iterabwoba ahita amwohereza ku rugamba.

Burukinafaso: Umuganga yanenze Perezida ko atarwanya iterabwoba ahita amwohereza ku rugamba.

Umuganga yanenze Perezida Kapiteni Ibrahim Traoré ko adashoboye guhagarika iterabwoba muri iki gihugu, ahita amwohereza kurugamba kugira ngo arebe neza ukuri.

Muri Burikinafaso ibitero by’umutwe w’iterabwoba byakomeje kwiyongera kuva aho ubutegetsi bugendeye mu maboko y’abasirikare mu gihe byari byitezwe ko abo basirikare bari kubasha guhagarika ibyo bitero.

Muri iki cyumweru niho umuganga yanenze Perezida ko ntacyo akora ngo ahashye ibyihebe, maze Perezida nawe amutumaho  ngo amwohereze ku rugamba  nawe ashyireho ake, abashe kumenya uko urwo rugamba rutoroshye.

Hano yari yamaze kugera ku rugamba banamuhaye imbunda.

Hano yari yamaze kugera ku rugamba banamuhaye imbunda.

Loading

Sam Kabera
Sam Kaberahttp://wwww.umurunga.com
📞or Message me on 250 783618487 UBUREZI,UBUVUGIZI NIBWO DUSHYIRA IMBERE. Sam Kabera yatangiye itangazamakuru kuva mu mwaka wa 2015 mu binyamakuru birimo Nonaha.com,Hanga.rw n'ibindi bitandukanye birimo na Television.
RELATED ARTICLES

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here

- Advertisment -

Most Popular

AMATANGAZO

error: Content is protected !!
Don`t copy text!