Gaspard Twagirayezu ugizwe Minisitiri w’uburezi akaba yari asanzwe muri iyi Minisiteri aho yari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) ushinzwe Amashuri abanza n’ayisumbuye.
Uyu mwanya akaba awuhawe kuri uyu wa 22/8/2023 na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika Paul Kagame.
Izindi mmpinduka kandi Perezida Paul Kagame yakoze mu bagize Guverinoma aho Dr Uwamariya Valentine wari Minisitiri w’Uburezi yagizwe uw’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango agasimbuzwa Gaspard Twagirayezu.

