Home UDUSHYA Umusaza w’imyaka 75 afunzwe azira gutamika igitsina cye umwana w’umukobwa
UDUSHYA

Umusaza w’imyaka 75 afunzwe azira gutamika igitsina cye umwana w’umukobwa

Umusaza w’imyaka 75 wo mu gihugu cya Zambia, akarere ka Chipangali, umudugudu wa Mpalakunjala yatawe muri yombi na Polisi azira gutamika igitsina cye umwana w’umukobwa w’imyaka 14.

Ibi byabaye ku cyumweru mu karere ka Chipangali, mu gihugu cya Zambia,mu masaha ya saa cyenda z’igicamunsi nk’uko byemejwe n’umuyobozi wa Polisi mu gace k’Uburasirazuba bwa Zambia, Limpo Liywali,mu itangazo yashyikirije itangazamakuru.

Limpo Liywali yakomeje avuga ko ikirego cyatanzwe na nyirakuru w’uyu mwana, avuga ko Banda ufite imyaka 75 yahohoteye umwuzukuru we w’imyaka 14.

Ikirego kiravuga ko uyu musaza yakoze ku mabere uyu mukobwa muto, agakora ku gitsina cye ndetse aninjiza igitsina cye mukanwa k’uwo mukobwa.

Bwana Limpo Liywali yavuze ko uregwa ari mu maboko ya Polisi, agiye gushyikirizwa urukiko vuba byihuse.

SRC: Umuryango

 

Written by
UMURUNGA.com

Umurunga.com is the online digital newspaper which spreads instants and durable information.

Leave a comment

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Related Articles

UDUSHYA

Insigamunani:Ibijya gucika inkungu ibijya imbere

Uyu mugani bawuca iyo babonye ingaruka mbi ku kintu cyagizwe ibanze kitabigombaga,...

UDUSHYA

Abadepite barwaniye mu cyumba cy’Inteko bamwe bakoresha ibiturika

Ku wa Kabiri w’iki Cyumweru mu Nteko Ishinga Amategeko ya Seribiya habereye...

UDUSHYA

Rubavu: Abarwanyi ba FDLR bishyikirije inzego z’umutekano z’u Rwanda mu mahoro

Kuri uyu wa Kabiri taliki 07 Mutarama 2024, Abarwanyi batatu bari mu...

UDUSHYA

Umutoza yarezwe gutanga pompaje zigera kuri 368 zikabatera uburwayi

Mu mujyi wa Texas,Umutoza John Harrell watozaga abanyeshuri ku ishuri rikuru rya...

Don`t copy text!