Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame na Perezida Felix Antoine Tshisekedi wa RD Congo, bagiranye ikiganiro kuri telefone na mugenzi wabo w’u Bufaransa Emmanuel […]
Tag: Tik Tok
M23 yatangaje ko yishe Guverineri w’Intara ya Kivu ya Ruguru wari wagiye kwifotoreza ku rugamba
Umutwe wa M23 ubarizwa mu ihuriro Alliance Fleuve Congo, AFC, watangaje ko wishe Umuyobozi w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru, Gen. Maj Peter Nkuba Cirimwami, yiciwe mu […]
Ruhango: Abakozi bo mu nyubako y’akarere ntibishimira uko bakeburwa na Meya
Abakozi b’Akarere ka Ruhango bavuga ko guhwiturwa hakoreshejwe imbaraga z’umurengera bidakwiye, mu gihe Meya Habarurema Valens avuga ko ibivugwa n’abo bakozi ntabyo azi. Hashize iminsi […]
DJ Brianne yahamagajwe na RIB apimwa ibiyobyabwenge
Gakeka Esther Brianne wamenyekanye nka DJ Brianne arashima Imana yamusimbikije umunsi wari umukomereye nyuma yo guhamagazwa n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, agakorwaho iperereza ku byaha bitandukanye […]
ADEPR yasubitse amasezerano y’Abapasiteri n’abarimu bayo
Abapasiteri n’abarimu b’Itorero ADEPR mu Rwanda bakoreraga mu nsengero zafunzwe mu bugenzuzi bwakozwe na RGB muri Kamena umwaka ushize wa 2024, bahagarikiwe masezerano. Umwanzuro wo […]
Rubavu: Isenywa ry’Umusigiti wa Mahoko ryateje impagarara – Amafoto
Mu gitondo cyo ku wa Gatatu taliki 08 Mutarama 2024, Umusigiti wa Mahoko, wubatswe mu nkengero z’Umugezi wa Sebeya, waramutse usenywa ku mabwiriza y’ubuyobozi bw’Akarere […]
M23 yasubije EU na Amerika biyisaba kuva muri centre ya Masisi
Nubwo umutwe wa M23 wasabwe n’Umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi, EU na Leta Zunze Ubumwe za Amerika ,kuva muri Centre ya Masisi wigaruriye, watangaje ko udateze kuyivamo […]
EU yasabye M23 kuva muri Centre ya Masisi no guhagarika imirwano mu gihe cya vuba
Umutwe wa M23 umaze iminsi mu mirwano ikomeye n’Ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo n’abambari bazo, wasabwe n’Umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi, EU kuva muri Centre […]
Gen Masunzu yavuze ku nshingano nshya yahawe zo kuyobora urugamba rwo kurwanya M23 n’indi mitwe
Nyuma y’uko Lit. Gen Pacific Masunzu ahawe inshingano zo kuyobora Zone ya 3 y’ingabo za Congo Kinshasa, ubu ari mu Mujyi wa Kisangani, aho yatangarije […]
RDC: Bidasubirwaho M23 yemeje ko yigaruriye Centre ya Masisi
Kuri uyu wa Gatandatu taliki 04 Mutarama 2025, umutwe wa M23 watangaje ko wigaruriye Centre ya Masisi, iyirukanyemo ihuriro ry’ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta […]