Home AMAKURU Umukecuru w’imyaka 64 atawe muri yombi azira ko basanze aryamanye n’umwuzukuru we.
AMAKURU

Umukecuru w’imyaka 64 atawe muri yombi azira ko basanze aryamanye n’umwuzukuru we.

Mu gihugu cy’abaturanyi cya Tanzania, umugore w’imyaka 64 yatawe muri yombi, azira ko bamusanze aryamanye n’umwana w’umuhungu w’imyaka 12.

Iki gikorwa giteye isoni ngo kijya gutangira, byatangiye uyu mukecuru yigira inshuti kuri uyu mwana muto aruta haba mu myaka ndetse n’igihagararo.

Biravugwa ko icyateye uyu mukecuru gushuka umwana, ni uko yabuze aho yahera abari mu kigero cy’imyaka 30 ngo baze bamushimishe mu buriri, dore ko abari mu kigero cye ngo ntacyo bamumarira iyo bahuye.

Uyu mukecuru rero niko guhitamo gushuka uyu mwana w’umuhungu, dore ko yari amwizeye ko yamuryohereza mu buriri.

Uyu mwana w’umuhungu rero yari n’umwuzukuru we kuko ni uw’umwana we, kumushuka rero byari bimworoheye, kandi ngo yashakaga ko byaryamana ntagakingirizo bakoresheje.

Ikinyamakuru Hotnews21 cyatangaje ko ababyeyi b’uyu mwana babiketse batangira kubacunga, niko gusanga baryamanye bakitabaza inzego zibishinzwe.

Kuri ubu uyu mukecuru yatawe muri yombi n’abashinzwe umutekano bo mu gihugu cye cya Tanzania.

SRC:Umunsi

Written by
UMURUNGA.com

Umurunga.com is the online digital newspaper which spreads instants and durable information.

Leave a comment

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Related Articles

AMAKURU

Gutebya uhakana cyangwa upfobya Jenoside yakorewe Abatutsi ni icyaha – Dr. Murangira B. Thierry

Dr. Murangira B. Thierry, uvugira Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, yagaragaje ko nta...

AMAKURU

Kinshasa: Abantu babarirwa mu bihumbi n’imodoka baheze ku kiraro cya N’djili

Kuva Ejo ku wa Gatandatu taliki 05 Mata 2025, abantu babarirwa mu...

AMAKURU

Ingabo za FARDC ziri kwifotoreza mu Mujyi wa Walikale zaburiwe na M23

Ihuriro Alliance Fleuve Congo, AFC, ryaburiye ingabo za Leta ya Congo, FARDC...

AMAKURU

Guverinoma y’u Rwanda itanze umucyo ku rupfu rw’Umuvugizi wayo, Alain Muku n’icyo yazize

Guverinoma y’u Rwanda yemeje ko uwari Umuvugizi wayo Wungirije, Alain Mukuralinda yitabye...

Don`t copy text!