Home SIPORO Rayon Sports itwawe umukinnyi n’ikipe idaheruka gutsinda.
SIPORO

Rayon Sports itwawe umukinnyi n’ikipe idaheruka gutsinda.

Kiyovu Sports niyo birangiye yegukanye Niyonzima Olivier Seif, umukinnyi w’umunyarwanda ukina hagati mu kibuga, ku masezerano y’umwaka umwe imutanzeho miliyoni 10.

Uyu mukinnyi yarasoje amasezerano ye muri As Kigali, mbere yo gusinyira Kiyovu Sports, yari yabanje kugirana ibiganiro na Rayon Sports, ariko Rayon Sports yahise yizanira umurundi Aruna Moussa Madjaliwa bakina umwanya umwe.

Uyu mukinnyi uzwiho kuba mwiza haba mu ikipe y’igihugu Amavubi,ibi bikimara kuba byeretse Seif ko atagikenewe cyane, afata umwanzuro wo gusinyira Kiyovu Sports.

Uyu musore yakiniye Rayon Sports, ayivamo yerekeza muri APR FC, ayivamo ajya muri As Kigali none ubu yerekeje muri Kiyovu Sports.

Written by
UMURUNGA.com

Umurunga.com is the online digital newspaper which spreads instants and durable information.

Leave a comment

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Related Articles

SIPORO

Muri shampiyona Muhire Kevin wa Rayon Sports arabahiga – Darko Novic utoza APR FC

Darko Novic, utoza ikipe ya APR FC, yashimye cyane kapiteni wa Rayon...

SIPOROUBUKUNGU

Samuel muri “Tour du Rwanda” akomeje kuvugwa imyato

Uruganda Ingufu Gin Ltd, ruherereye mu Murenge wa Runda mu Karere ka...

SIPOROUBUREZI

Ibihanga biri mu mategeko agenga imikino mu mashuri bidindiza siporo y’igihugu

Buri rushanwa rigira amategeko arigenga kandi aba agomba gukurikizwa kugirango irushanwa rinyure...

SIPORO

Stade Amahoro ihanganiye igihembo na Stade zirimo Santiago Bernabéu ya Real Madrid

Stade Amahoro y’u Rwanda iri muri 23 zihataniye ibihembo by’ibibuga byiza ku...

Don`t copy text!