Home AMAKURU Thailand:Imyanya itatu y’akazi ku bagore ukajya uhembwa amadorari.
AMAKURU

Thailand:Imyanya itatu y’akazi ku bagore ukajya uhembwa amadorari.

Umugore wo muri Thailand Chamnan Pattheema, yatangaje ko ashaka gutanga akazi ku bagore batatu, bakajya bamufasha guhaza irari ry’umugabo we.

Nk’uko uyu mugore w’imyaka 44 yanyujije iri tangazo kuri Twitter, yavuze ko ahaka guha akazi abagore batatu bazajya bamufasha gushimisha umugabo we, kuko we atabishoboye nyuma yo kwandura indwara.

Yagize ati“Ndashaka guha umugabo wanjye inshoreke 3. kugira ngo wemererwe ugomba kuba warize ufite impamyabumenyi, kandi uri hagati y’imyaka 30-35.”

Pattheema yakomeje agira ati” Uzajya ahembwa amadorari 415 azajya ahabwa ifunguro ndetse n’icumbi ku kwezi, ariko ugomba kumfasha. abantu babiri bazahabwa akazi ko mu biro bazajya bamfasha gutegura inyandiko, n’undi uzajya unyitaho njye, umwana ndetse n’umugabo waniye.”

Uyu mugore yakomeje atangaza kandi ko usaba akazi agomba gutsinda ikizamini cyo kwa muganga, akaba ari muzima nta bwandu bwa virusi itera sida afite.

Ibi ntibisanzwe ariko hari umwe wamaze guhabwa akazi wari asanzwe ari incuti yabo.

Src: Kglnews

Written by
UMURUNGA.com

Umurunga.com is the online digital newspaper which spreads instants and durable information.

Leave a comment

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Related Articles

AMAKURU

Joseph Kabila yatangaje ko agiye kugaruka muri Congo benshi bakeka ko aje kwiyunga kuri M23

Uwahoze ari Perezida wa Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, Joseph Kabila Kabange,...

AMAKURU

Carl Wilkens wari mu Rwanda mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi yatanze ubuhamya

Ubwo habaga igikorwa Mpuzamahanga ngaruka mwaka aho Isi yose yibuka Jenoside yakorewe...

AMAKURU

Gutebya uhakana cyangwa upfobya Jenoside yakorewe Abatutsi ni icyaha – Dr. Murangira B. Thierry

Dr. Murangira B. Thierry, uvugira Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, yagaragaje ko nta...

AMAKURU

Kinshasa: Abantu babarirwa mu bihumbi n’imodoka baheze ku kiraro cya N’djili

Kuva Ejo ku wa Gatandatu taliki 05 Mata 2025, abantu babarirwa mu...

Don`t copy text!