Home SIPORO Messi yanditse andi mateka atakiganwa nubonetse wese.
SIPORO

Messi yanditse andi mateka atakiganwa nubonetse wese.

 

Nyuma y’uko Lionel Messi ahinduye ikipe akava muri PSG yo mu gihugu cy’Ubufaransa akerekeza muri Inter Miami yo muri Amerika yaraye yanditse andi mateka atsinda ku mukino wa mbere.

Messi yabaye Messi Koko yandika amateka, aho yakinnye umukino we wambere muri Inter Miami, akanayihesha itsinzi iyi kipe itaherukaga kubona.

Uyu ni rutahizamu w’ikipe y’igihugu y’Argentine akaba yaraye atsinze igitego cye cyambere mu ikipe cya mumukino wambere

Written by
UMURUNGA.com

Umurunga.com is the online digital newspaper which spreads instants and durable information.

Leave a comment

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Related Articles

SIPORO

Muri shampiyona Muhire Kevin wa Rayon Sports arabahiga – Darko Novic utoza APR FC

Darko Novic, utoza ikipe ya APR FC, yashimye cyane kapiteni wa Rayon...

SIPOROUBUKUNGU

Samuel muri “Tour du Rwanda” akomeje kuvugwa imyato

Uruganda Ingufu Gin Ltd, ruherereye mu Murenge wa Runda mu Karere ka...

SIPOROUBUREZI

Ibihanga biri mu mategeko agenga imikino mu mashuri bidindiza siporo y’igihugu

Buri rushanwa rigira amategeko arigenga kandi aba agomba gukurikizwa kugirango irushanwa rinyure...

SIPORO

Stade Amahoro ihanganiye igihembo na Stade zirimo Santiago Bernabéu ya Real Madrid

Stade Amahoro y’u Rwanda iri muri 23 zihataniye ibihembo by’ibibuga byiza ku...

Don`t copy text!