Papa Francis yitabye Imana nyuma y’igihe gito atoye agahenge ku ndwara y’Ubuhumekero yari yaramuzahaje.
Papa Francis yitabye Imana kuri uyu wa mbere Taliki 21 Mata 2025, ku myaka 88, kuko yabonye izuba ku italiki 17 Ukuboza 1936.
Jorge Mario Bergoglio(Papa Francis), yatorewe kuyobora Kiliziya Gatolika ku italiki 13 Werurwe 2013, nyuma yo kwegura k’uwari Papa Benedict XVI.
Papa Francis, ukomoka muri Argentina, ni we rukumbi wayoboye kiliziya Gatolika ukomoka muri Amerika y’Amajyepfo.
Akaba yitabye Imana nyuma y’imyaka 12 ayobora Kiliziya Gatolika ku rwego rw’isi.
Leave a comment