Home IYOBOKAMANA Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku isi yitabye Imana ku myaka 88
IYOBOKAMANA

Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku isi yitabye Imana ku myaka 88

Papa Francis yitabye Imana nyuma y’igihe gito atoye agahenge ku ndwara y’Ubuhumekero yari yaramuzahaje.

Papa Francis yitabye Imana kuri uyu wa mbere Taliki 21 Mata 2025, ku myaka 88, kuko yabonye izuba ku italiki 17 Ukuboza 1936.

Jorge Mario Bergoglio(Papa Francis), yatorewe kuyobora Kiliziya Gatolika ku italiki 13 Werurwe 2013, nyuma yo kwegura k’uwari Papa Benedict XVI.

Papa Francis, ukomoka muri Argentina, ni we rukumbi wayoboye kiliziya Gatolika ukomoka muri Amerika y’Amajyepfo.

Akaba yitabye Imana nyuma y’imyaka 12 ayobora Kiliziya Gatolika ku rwego rw’isi.

Leave a comment

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Related Articles

RGB yafunze Grace Room ya Pastor Julienne

Kuri uyu wa Gatandatu taliki 10 Gicurasi 2025, Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere (RGB),...

Ibyingenzi wamenya kuri Papa Mushya watorewe kuyobora Kiliziya Gatolika ku Isi

Ku mugoroba wo ku wa Kane taliki 07 Gicurasi 2025, i Vatican...

Menya abayobozi bamaze kwemeza ko bazajya gushyingura Papa

Abayobozi bakomeye ku Isi, byitezwe ko bagiye guhurira i Vatican mu muhango...

Kiliziya y’u Rwanda yatangije icyunamo cy’urupfu rwa Papa Francis

Kiliziya y’u Rwanda yatangije icyunamo cyo kunamira uwari Umushumba wa Kiliziya Gatolika...