Monday , 31 March 2025
Home Tik Tok

Tik Tok

AMAKURU

Perezida Kagame na Tshisekedi baganiriye na Perezida Macron

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame na Perezida Felix Antoine Tshisekedi wa RD Congo, bagiranye ikiganiro kuri telefone na mugenzi wabo w’u...

AMAKURU

M23 yatangaje ko yishe Guverineri w’Intara ya Kivu ya Ruguru wari wagiye kwifotoreza ku rugamba

Umutwe wa M23 ubarizwa mu ihuriro Alliance Fleuve Congo, AFC, watangaje ko wishe Umuyobozi w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru, Gen. Maj Peter Nkuba Cirimwami,...

AMAKURU

Ruhango: Abakozi bo mu nyubako y’akarere ntibishimira uko bakeburwa na Meya

Abakozi b’Akarere ka Ruhango bavuga ko guhwiturwa hakoreshejwe imbaraga z’umurengera bidakwiye, mu gihe Meya Habarurema Valens avuga ko ibivugwa n’abo bakozi ntabyo azi....

AMAKURU

DJ Brianne yahamagajwe na RIB apimwa ibiyobyabwenge

Gakeka Esther Brianne wamenyekanye nka DJ Brianne arashima Imana yamusimbikije umunsi wari umukomereye nyuma yo guhamagazwa n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, agakorwaho iperereza ku...

AMAKURU

ADEPR yasubitse amasezerano y’Abapasiteri n’abarimu bayo

Abapasiteri n’abarimu b’Itorero ADEPR mu Rwanda bakoreraga mu nsengero zafunzwe mu bugenzuzi bwakozwe na RGB muri Kamena umwaka ushize wa 2024, bahagarikiwe masezerano....

AMAKURU

Rubavu: Isenywa ry’Umusigiti wa Mahoko ryateje impagarara – Amafoto

Mu gitondo cyo ku wa Gatatu taliki 08 Mutarama 2024, Umusigiti wa Mahoko, wubatswe mu nkengero z’Umugezi wa Sebeya, waramutse usenywa ku mabwiriza...

AMAKURU

M23 yasubije EU na Amerika biyisaba kuva muri centre ya Masisi

Nubwo umutwe wa M23 wasabwe n’Umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi, EU na Leta Zunze Ubumwe za Amerika ,kuva muri Centre ya Masisi wigaruriye, watangaje ko...

AMAKURU

EU yasabye M23 kuva muri Centre ya Masisi no guhagarika imirwano mu gihe cya vuba

Umutwe wa M23 umaze iminsi mu mirwano ikomeye n’Ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo n’abambari bazo, wasabwe n’Umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi, EU kuva...

AMAKURU

Gen Masunzu yavuze ku nshingano nshya yahawe zo kuyobora urugamba rwo kurwanya M23 n’indi mitwe

Nyuma y’uko Lit. Gen Pacific Masunzu ahawe inshingano zo kuyobora Zone ya 3 y’ingabo za Congo Kinshasa, ubu ari mu Mujyi wa Kisangani,...

AMAKURU

RDC: Bidasubirwaho M23 yemeje ko yigaruriye Centre ya Masisi

Kuri uyu wa Gatandatu taliki 04 Mutarama 2025, umutwe wa M23 watangaje ko wigaruriye Centre ya Masisi, iyirukanyemo ihuriro ry’ingabo zirwana ku ruhande...

Don`t copy text!