Home RIB

RIB

AMAKURU

Karongi: Inka y’umuturage yishwe n’abataramenyekana

Uwitwa Hakuziyaremye Protais wo mu Karere ka Karongi mu Murenge wa Rugabano, Akagari ka Mubuga ho mu Mudugudu wa Karumbi, yatemewe inka n’abataramenyekana...

AMAKURU

Gatsibo-Muhura: Abaturage bazengerejwe n’agatsiko kiyise ‘APR Imparata’

Mu Kagari ka Mamfu mu Murenge wa Muhura ho mu Karere ka Gatsibo, haravugwa agatsiko k’insoresore kiganjemo abakora ibikorwa by’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro mu...

AMAKURU

Rubavu: Hafatiwe umusirikare wa FARDC winjiranye intwaro

Mu Karere ka Rubavu hafatiwe umusirikare wo mu ngabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) witwa Niyitanga, uri mu kigero cy’imyaka 17...

AMAKURU

Nyamasheke: RDF yijeje ubufasha imiryango ya batanu barashwe na Sgt Minani

Abo mu miryango y’abantu batanu barashwe n’umusirikare wo mu Ngabo z’u Rwanda (RDF), bijejwe ko bazafashwa mu buryo bushoboka mu kwita ku buzima...

UBUREZI

NESA: Ibibazo n’ibisubizo bikunze kubazwa ku itangazwa ry’amanota y’abarangije icyiciro cya kabiri cy’amashuri yisumbuye

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe ibizamini n’ubugenzuzi bw’amashuri, NESA, cyatangaje ko gahunda yo gutangaza amanota y’ibizamini bya Leta bisoza amashuri yisumbuye y’umwaka w’amashuri wa 2023/2024...

UBUZIMA

Rwamagana: Muri GS Saint Jean Paul II Nawe haravugwa uburwayi bw’amayobera

Mu Karere ka Rwamagana mu Rwunge rw’Amashuri rwa Nawe rwitiriwe Mutagatifu Yohani Pawulo wa 2, haravugwa uburwayi bufata abana b’abakobwa ituma batitira igice...

AMAKURU

Kicukiro: Umusore yishe umubyeyi we ahita yishyikiriza Polisi

Mu Karere ka Kicukiro mu Murenge wa Masaka mu Kagari ka Gako ho mu Mudugudu wa Rebero haravugwa inkuru y’umusore ukekwaho kwishyikiriza Ubugenzacyaha...

UDUSHYA

Umugore aratabaza nyuma y’uko umugabo we amwatse gatanya amuziza ko yabyaye umwana wirabura

Umugore wo mu Bushinwa, ari mu rujijo nyuma yuko, abyaye umwana wirabura nyamara ngo atarigeze abonana n’umugabo w’umwirabura ndetse akaba ataranakandagira muri Afurika,...

AMAKURU

Muhanga: Polisi yafashe umugabo wari umaze ibyumweru birenga bitatu ashakishwa

Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Muhanga, yataye muri yombi umugabo witwa Ntaganzwa Emmanuel ukekwaho kwica uwari umugore we, agasiga umurambo mu...

UBUREZI

Gahunda nzahurabushobozi: Ibigo by’amashuri 150 bidatsindisha neza byemerewe ubufasha

Umuryango Hempel Foundation ku bufatanye n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Bana, UNICEF ishami ry’u Rwanda, batangije ku mugaragaro gahunda nzahurabushobozi yo gufasha ibigo...

Don`t copy text!