Home RGB

RGB

UBUTABERA

Umupfumu Salongo yatawe muri yombi akekwaho uruhuri rw’ibyaha

Rurangirwa Wilson wamamaye nk’umupfumu Salongo, yatawe muri yombi n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, akekwaho ibyaha bitandukanye. RIB yatangaje ko yataye muri yombi uyu mugabo...

AMAKURU

Uzakora iki ku mijyi irenga 120 yamaze gufatwa? Byinshi mu bibazo Fayulu yabajije Tshisekedi

Kuri uyu wa Mbere taliki 04 Ugushyingo 2024, Martin Fayulu utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yashyize ubutumwa ku rukuta...

AMAKURU

Nyamasheke: Abantu 30 bafatiwe mu rugo basenga, abari bayoboye iteraniro bashyikirizwa RIB

Nyamasheke: Abaturage babarirwa muri 30 basengera mu madini atandukanye bafatiwe mu rugo rw’umwe muri bo barimo gusenga mu buryo bunyuranye n’amategeko, bamwe baraganirizwa...

AMAKURU

Inkuba yishe abantu 14 bari mu masengesho abandi 34 barakomereka

Mu nkambi ya Palabek iherereye mu Majyaruguru ashyira Uburengerazuba bwa Uganda, haravugwa inkuru y’urupfu rw’abantu 14 barimo abana 13 bishwe n’inkuba ubwo bari...

AMAKURU

Rulindo: Meya ntakozwa ibyo guhindura icyemezo cyo kwirukana Gitifu yafashe

Komisiyo y’Igihugu Ishinzwe Abakozi ba Leta (NPSC), yongeye kwandikira Umuyobozi w’Akarere ka Rulindo, Judith Mukanyirigira, imusaba gusubiza mu kazi Ndagijimana Froduald yirukanye ku...

AMAKURU

Uganda: Umusifuzi yaguye mu kibuga ahita apfa

Ku mugoroba wo ku wa Gatanu taliki 01 Ugushyingo 2024, Peter Kabugo wari mu basifuzi basifuraga umukino w’umunsi wa karindwi muri Shampiyona ya...

UBUTABERA

Mu Rwanda hari imfungwa zihafungiye zemerewe gutera akabariro n’abo bashakanye

Abagororwa bo mu Rwanda ntabwo bemerewe guhabwa umwanya wo gutera akabariro n’abo bashakanye kuko buri mu bureganzira bamburwa igihe bafunzwe, ni mu gihe...

AMAKURU

Rubavu: Umuyobozi w’umudugudu yafatanwe inka y’injurano

Mu Karere ka Rubavu mu Murenge wa Nyakiliba mu Kagari ka Gikombe haravugwa inkuru y’Umuyobozi w’Umudugudu wa Rushubi witwa Ndagijimana Rukwene, watawe muri...

UBUTABERA

Bishop Harerimana n’umugore we bafunguwe by’agateganyo babanje gutanga ingwate

Urukiko rw’ibanze rwa Kicukiro rwafashe icyemezo cyo kurekura by’agateganyo, Umushumba w’Itorero Zeraphat Holy Church, Bishop Harerimana Jean Bosco n’umugore, bagakurikiranwa bari hanze, ariko...

UBUREZI

NESA yatahuye umubare munini w’amashuri akora nta byangombwa agira

Mu mashuri ari mu gihugu harimo arenga 650 akora atagira ibyangombwa, ndetse ngo mu bihe biri imbere bazatangira kuyasura bareba ayujuje ibisabwa yemererwe...

Don`t copy text!