Home RDF

RDF

AMAKURU

Nyamasheke: Uwarokotse Jenoside yishwe atemwe ijosi

Umuntu utaramenyekana yishe Nyirangirinshuti Thérèsie w’imyaka 63 y’amavuko warokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, amutemaguje umupanga ku ijosi n’umusaya w’ibumoso. Ibi byabaye mu...

AMAKURU

Huye: Umucuruzi yishe umukiliya we amuziza inzoga igura 300 RWF

Polisi y’u Rwanda yataye muri yombi umucuruzi w’inzoga witwa Mazimpaka François w’imyaka 42 y’amavuko, akekwaaho gukubita inyundo mu mutwe umuturanyi we wari n’umukiliya...

AMAKURU

Gatsibo – Muhura: Bane barimo umumotori bibaga ingurube z’abaturage bafashwe

Mu Karere ka Gatsibo haravugwa inkuru y’itabwa muri yombi ry’abantu bibaga ingurube z’abaturage zimwe bakazibaga bakajya kugurisha inyama. Ibi byabaye ku wa Kane...

AMAKURU

Umusirikare urinda Tshisekedi yishe bagenzi be batatu

Umusirikare wo mu mutwe w’ingabo zirinda Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Antoine Felix Thsisekedi, yarashe bagenzi be batatu bo mu mutwe...

AMAKURU

Rubavu: Minisitiri Biruta yasabye abaturage guhagarika guhangana n’inzego z’umutekano

Abaturage bo mu Karere ka Rubavu baheruka guhangara inzego z’umutekano zari mu kazi zirwanya ubucuruzi bwa magendu bakazitera amabuye, basabwe kubicikaho. Ku wa...

AMAKURU

Musanze: Umusore yatawe muri yombi akekwaho gusambanya umwana w’imyaka itanu

Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Musanze mu Murenge wa Muhoza yataye muri yombi umusore witwa Ndayambaje Idrisa w’imyaka 23 y’amavuko, akurikiranyweho...

AMAKURU

Polisi yafunze umusekirite wateze umufana wa Rayon Sports akagwa igihumure

Polisi y’u Rwanda yatangaje ko yafunze ushinzwe umutekano wateze umufana wa Rayon Sports akikubita hasi abanje agatuza, kugira ngo akurikiranwe ku cyaha yakoze....

AMAKURU

FARDC na Wazalendo bihishe muri Walungu bahawe iminsi yo gukiza amagara yabo

Ihuriro Alliance Fleuve Congo, ribarizwamo umutwe wa M23, ryahaye Icyumweru kimwe Ingabo za RDC n’abarwanyi b’umutwe wa Wazalendo bihishe mu bice bitandukanye byo...

UBUREZI

Kayonza: Abarimu basiba akazi basabiwe guhanwa by’intangarugero

Kimwe mu bituma hari ibigo bidatsindisha neza, ni abarimu basiba akazi n’ababyeyi baterera iyo bityo baka bakwiriye gukeburwa. Ni ibyagarutseho na bamwe mu...

MUMAHANGA

U Buhinde na Pakistan bongeye kurasana

Mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatatu rishyira ku wa Kane taliki 08 Gicurasi 2025, u Buhinde na Pakistan byaraye birasanira ku mupaka...