Sunday , 30 March 2025
Home Football

Football

SIPORO

Copa America Final: Argentina itsinze Colombia ku kaburembe basezerera Di Maria neza

Mu rukerera rwo kuri uyu wa mbere taliki 15 Nyakanga 2024 ni bwo habaga umukino wa nyuma w’igikombe cy’ibihugu biherereye ku mugabane wa...

SIPORO

Inzozi za APR FC zirangiriye mu Misiri./ Incamake y’umukino

Inzozi zo kugera mu matsinda ya CAF Champions League 2023-2024 zirangiriye mu Misiri ku ikipe ya APR FC nyuma yo kunyagirwa imvura y’ibitego...

SIPORO

Uwayezu Jean Fidéle ni umuhanga, Uburyo butatu yasesenguyemo ikibazo cya ruswa kivugwa muri Rayon Sports.

Perezida w’ikipe ya Rayon sports, Uwayezu Jean Fidéle, yemeje amakuru avugwa ko Aba-Rayon bamwe muri bo bari bagiye guha ruswa abakinnyi ku mukino...

SIPORO

Ikipe ya Ghana inyagiye imvura y’ibitego Amavubi.

Ikipe y’Igihugu y’Abagore y’u Rwanda Amavubi yanyagiwe n’ikipe y’Igihugu y’Abagore ya Ghana ibitego 7-0 mu mukino ubanza wo gushaka itike y’igikombe cya Afurika...

AMAKURUSIPORO

Bukayo Saka yongeye kuvugisha imbaga nyamwishi nyuma yo guhigika ibihangange akabitwara igihembo.

Bukayo Saka ukinira ikipe y’Arsenal yo mu cyiciro cya mbere muri shampiyona y’Ubwongereza, yangoye gutorwa nk’umukinnyi mwiza w’Umwongereza w’umwaka ushize, ahigitse abandi bakomeye....

SIPORO

Antony ibibazo byamubanye ibibazo, Ntiyemerewe gukina mu ikipe y’Igihugu ya Brazil.

Brazil yanze gukinisha Antony, ukina ku ruhande mu ikipe ya Manchester United, nyuma yaho umukunzi we amushinza ko yamuhohoteye. Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri...

SIPORO

Umutoza wa Rayon Sports yavunikiye mu mukino wabahuzaga na Gorilla FC, inkuru irambuye n’amafoto.

Umutoza w’ikipe ya Rayon Sports Yamen Zelfani, yavunikiye mu mukino w’Umunsi wa kabiri wari wayihuje na Gorilla FC, wabereye kuri Kigali Pelé Stadium...

SIPORO

Pyramids izahura na APR FC mu ijonjora ryanyuma ribanziriza amatsinda, yatangiye itera ubwoba uwo bazahura wese abafana b’APR FC bikanze.

Pyramids yo muri Misiri izahura na APR FC yo mu Rwanda mu mikino ibiri yanyuma ibanziriza kujya mu matsinda, yagiye Istanbul muri Turkia...

AMAKURU

RDC:Komiseri wa Polisi ararashwe ahita apfa, havuzwe byinshi.

Muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo haravugwa inkuru ya komiseri wa Polisi warashwe ahita apfa kuri uyu wa gatatu taliki ya 23 Kanama...

SIPOROUDUSHYA

Manchester United iguzwe n’umuherwe ugiye kuyihindurira ubuzima.

Sheikh Jassim niwe muherwe utsindiye kugura Manchester United kuri miliyari 6 z’Amapawundi, akaba azayishyura mu kwezi kwa cumi agahita yegukana iyi kipe nk’uko...

Don`t copy text!