Home death

death

AMAKURU

Umunyeshuri wo muri Kaminuza ya MKU yasanzwe yishwe nyuma yo gusaba ababyeyi be amafaranga

Umunyeshuri wo muri Kaminuza ya MKU (Mount Kenya University) yasanzwe ari mu nzu yakodeshaga yapfuye, nyuma y’uko hari hashize amasaha make, hari umusore...

UBUZIMA

Huye:Impanuka ihitanye umwana w’imyaka ibiri nyina ari mu bitaro.

Umubyeyi wari kumwe n’umwana we bagonzwe n’ikamyo ubwo bari bavuye gushyingura, umwana w’imyaka ibiri ahasiga ubuzima. Ibi byabereye mu Karere ka Huye, mu...

AMAKURU

Huye:Abana batatu bahiriye mu nzu umwe ahasiga ubuzima.

Mu Karere ka Huye, mu Murenge wa Tumba, mu Kagari ka Rango B ho mu Mudugudu wa Kigarama, habaye inkongi y’inzu yahiye ku...

AMAKURUUDUSHYA

Polisi irashe Pasiteri wifatanyaga n’agatsiko k’amabandi.

Umupasiteri wo mu Ntara ya Migori muri Kenya yarashwe na Polisi yaho, ubwo yafatanwaga n’agatsiko k’abajura bajengereje rubanda. Mu itangazo ryashyizwe hanze ku...

AMAKURUUBUZIMA

Gicumbi: Umusore w’imyaka 38, bamusanze mu mugozi yapfuye.

Mu Mudugudu wa Murara, Akagari ka Mutarama, Umurenge wa Mukarange mu Karere ka Gicumbi, haravugwa inkuru y’akababaro y’umusore uri mu kigero cy’imyaka 38...

AMAKURUUBUZIMA

Inyarugenge umusore yibye baramukubita apfa adasambye.

Mu Karere ka Nyarugenge, mu Murenge wa Kigali, mu Kagari ka Nyabugogo ho mu Mudugudu wa Nyakibikoni haravugwa inkuru y’umusore witwa Mafuri wapfiriye...

AMAKURUUBUZIMA

Karongi:Abaturage bavuyemo umugore wabyaye umwana akamwica akamutaba mu gikari cye.

Mu Karere ka Karongi, mu Murenge wa Rubengera, Akagari ka Rurangwe ho mu Mudugudu wa Rwimpongo, haravugwa umugore ucyekwaho kubyara umwana akamwica, agahita...

AMAKURUUBUTABERA

Burundi: Inyeshyamba 9 z’Abanyarwanda zaguye muri Kasho.

Burundi mu Ntara ya Cibitoke muri Kasho y’Urwego rushinzwe iperereza, haba haherutse gupfira abarwanyi 9 b’inyeshyamba zo mu mutwe wa FLN urwanya Leta...

AMAKURUUBUZIMA

Gicumbi:Umusore akubise umuhini umukecuru w’imyaka 73 ahita ashiramo umwuka.

Mu Karere ka Gicumbi, mu Murenge wa Bukure, Akagari ka Rwesero ho mu Mudugudu wa Karagari, ku wa 01 Nzeri 2023, haravugwa inkuru...

UBUZIMA

Musanze:Abana babiri bahekenye imyumbati umwe arapfa bikekwa ko ariyo yamwishe.

Mu Karere ka Musanze, mu Murenge wa Busogo ho mu Kagari ka Sahara haravugwa inkuru y’urupfu rw’umwana w’imyaka itanu bicyekwa ko yishwe n’imyumbati...

Don`t copy text!